skol
fortebet

Umugabo yapfuye ari gutera akabariro n’umukunzi we

Yanditswe: Friday 31, Dec 2021

featured-image

Sponsored Ad

Mu ijoro ryo kuwa Gatatu w’iki cyumweru,Umugabo wo mu gihugu cya Kenya yapfiriye mu buriri ari gutera akabariro n’umukunzi we.
Erastus Madzomba w’imyaka 42 y’amavuko yari ari kugirana ibihe byiza n’umukunzi we uzwi nka Elgar Namusia ahitwa Broadway Lodgings i Kawangware ubwo umutima we wahagararaga arapfa.
Muri raporo y’abapolisi yabonywe n’ikinyamakuru K24 Digital dukesha iyi nkuru,nuko aba bombi bari bakundanye ibyumweru bibiri gusa.
Amakuru yatangajwe n’umwe mu bari aho hashize akanya (...)

Sponsored Ad

Mu ijoro ryo kuwa Gatatu w’iki cyumweru,Umugabo wo mu gihugu cya Kenya yapfiriye mu buriri ari gutera akabariro n’umukunzi we.

Erastus Madzomba w’imyaka 42 y’amavuko yari ari kugirana ibihe byiza n’umukunzi we uzwi nka Elgar Namusia ahitwa Broadway Lodgings i Kawangware ubwo umutima we wahagararaga arapfa.

Muri raporo y’abapolisi yabonywe n’ikinyamakuru K24 Digital dukesha iyi nkuru,nuko aba bombi bari bakundanye ibyumweru bibiri gusa.

Amakuru yatangajwe n’umwe mu bari aho hashize akanya Erastus apfuye agira ati "Abapolisi bihutiye kujya mu nyubako, basanga umurambo wa nyakwigendera uryamye ku buriri mu cyumba cyavuzwe.”

Polisi ivuga ko umurambo wasanzwe nta ibikomere bigaragara kandi wahise wimurirwa mu buruhukiro bw’Umujyi kugira ngo ukorerwe isuzuma.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa