skol
fortebet

Umugabo yataye ubwenge nyuma yo kuvumbura ko umugore we ariwe nyirinzu yari amaze imyaka 15 akodesha

Yanditswe: Monday 08, Aug 2022

featured-image

Sponsored Ad

Umugabo wo muri Zambiya yaciye ibintu nyuma yo kugwa hasi agata ubwenge akimara kumenya ko umugore we ariwe “nyirinzu" babagamo.
Martin Stampa ukomoka i Kasama muri Zambiya yari amaze imyaka 15 akodesha inzu babagamo Amakwacha 3,500, buri kwezi.
Umugore we ni we wajyaga afata amafaranga yo kwishyura ubukode bw’inzu babagamo akiyishyura
Umunsi umwe udasanzwe, aba bashakanye baratonganye nyuma y’uko umugore, Lushomo, amenye ko umugabo we amuca inyuma.
Aba bombi babwiranye amagambo akomeye (...)

Sponsored Ad

Umugabo wo muri Zambiya yaciye ibintu nyuma yo kugwa hasi agata ubwenge akimara kumenya ko umugore we ariwe “nyirinzu" babagamo.

Martin Stampa ukomoka i Kasama muri Zambiya yari amaze imyaka 15 akodesha inzu babagamo Amakwacha 3,500, buri kwezi.

Umugore we ni we wajyaga afata amafaranga yo kwishyura ubukode bw’inzu babagamo akiyishyura

Umunsi umwe udasanzwe, aba bashakanye baratonganye nyuma y’uko umugore, Lushomo, amenye ko umugabo we amuca inyuma.

Aba bombi babwiranye amagambo akomeye kugeza ubwo Martin yabwiye umugore we ko yashatse undi mugore wo ku ruhande kuko yashakaga umuntu ufite ubwenge kandi unaganira neza.

Ibi byateye Lushomo umujinya,abwira umugabo we Martin ko ariwe udafite ubwenge buhagije kuko amwishyura akayabo buri kwezi kuko inzu babamo ari iye.

Martin abonye ibyemezo by’inzu,yataye umutwe yitura hasi. Abantu bagombye kumumenaho indobo y’amazi kugira ngo azanzamuke.

Ibitekerezo

  • Ubutaha ujye ushyiraho aho wabikuye kuko iyi nkuru hari ahandi nayisomye mu rurimi rw’amahanga. Honeteté intellectuelle oblige

    ubundi tura vugango utazi ubwenge ashima ubwe.

    ubundi tura vugango utazi ubwenge ashima ubwe.

    Nubwo bose bivuyemo ariko umugore nunyabwenge koko

    Hhhh niyihangane.bazumbwenge,kugezubu ntawusi ibyo Eva ya ganiriye ninzoka muri Eden.usibye igiti cyimenekanisha ikiza ni kibi

    Nubwo bose bivuyemo ariko umugore nunyabwenge koko

    kubana numugore nugushishoza umugore numwana wundi.

    Uwo mugore yarahamije umugabowe.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa