Umugabo yigaraguye mu byondo nyuma yo gutera ivi umukunzi we akanga impeta
Yanditswe: Tuesday 14, Dec 2021
Muri videwo iri guca ibintu kuri interineti,yagaragaje umugabo arira yivuguruta mu byondo nyuma yo yateraga ivi umukobwa bakundanaga akanga kuyambara.
Uyu mugabo yatumye benshi bacika ururondogoro kubera ukuntu yigaraguye muri ibyo byondo mu ruhame nyuma y’aho umukunzi we yanze icyifuzo cye cyo kumwambika impeta.
Muri iyo videwo irimo gucicikana kuri interineti, uyu mugabo yagaragaye hasi yivuruguta mu byondo, akomeza kwinginga umukunzi we kugira ngo yemerere imbere y’abantu ko azamubera (...)
Muri videwo iri guca ibintu kuri interineti,yagaragaje umugabo arira yivuguruta mu byondo nyuma yo yateraga ivi umukobwa bakundanaga akanga kuyambara.
Uyu mugabo yatumye benshi bacika ururondogoro kubera ukuntu yigaraguye muri ibyo byondo mu ruhame nyuma y’aho umukunzi we yanze icyifuzo cye cyo kumwambika impeta.
Muri iyo videwo irimo gucicikana kuri interineti, uyu mugabo yagaragaye hasi yivuruguta mu byondo, akomeza kwinginga umukunzi we kugira ngo yemerere imbere y’abantu ko azamubera umugore.
Uyu mugabo yari yaguze impeta, ajya ahantu hahurira abantu benshi niko guhamagara uyu mukunzi we, ahageze yanga iyi mpeta.
Ntabwo uwakwirakwije aya mashusho yigeze avuga amazina y’uyu mugabo cyangwa igihugu byabereyemo.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *