skol
fortebet

Umugandekazi yakoresheje ibirori yishimira amezi 3amaze adasambanye

Yanditswe: Wednesday 20, Dec 2017

Sponsored Ad

Umukobwa witwa Sharon Kalenzi wo mu gihugu cya Uganda ari mu byishimo bikomeye aho atiyumvisha ukuntu yaba amaze amezi atatu adakoze imibonano mpuzabitsinda n’abagabo batandukanye.
Atangaje ibi nyuma yo kwikinisha kenshi no gukuramo inda eshanu ku bushake.Uyu mugandekazi azwi cyane mu gace atuyemo nk’uwakoraga akazi k’uburaya mu gihugu cy’u Bushinwa.
Mu cyumweru gishize ni umwe mu bantu basoje amasomo mu ishuri rya Bibiliya akaba yakoresheshe umunsi mukuru yishimira ko amaze amezi atatu (...)

Sponsored Ad

Umukobwa witwa Sharon Kalenzi wo mu gihugu cya Uganda ari mu byishimo bikomeye aho atiyumvisha ukuntu yaba amaze amezi atatu adakoze imibonano mpuzabitsinda n’abagabo batandukanye.

Atangaje ibi nyuma yo kwikinisha kenshi no gukuramo inda eshanu ku bushake.Uyu mugandekazi azwi cyane mu gace atuyemo nk’uwakoraga akazi k’uburaya mu gihugu cy’u Bushinwa.

Mu cyumweru gishize ni umwe mu bantu basoje amasomo mu ishuri rya Bibiliya akaba yakoresheshe umunsi mukuru yishimira ko amaze amezi atatu adasambana.Uyu mukobwa akaba yarigaga ibijyanye n’imiyoborere mu ishuri ryigisha bibiliya ‘Miracle Bible College’.

Umuyobozi w’itorero uyu mukobwa asengeramo Pasiteri Robert Kayanja akaba ayoboye ‘The Miracle Center Cathedral’ yanditse kuri Facebook avuga ko Sharon yakuyemo inda eshanu ku bushake.Uyu muyobozi kandi yavuze ko Sharon yaje kwiyegurira Imana nyuma y’uko akuyemo inda ya gatandatu ikamugeza kure.

Yagize ati “Yabeshyaga abantu imyaka ye kugira ngo abone abakiriya, yakuyemo inda eshatu gusa iya gatandatu yanga kuvamo maze abyara umwana, gusa uwo mwana avukana ibibazo byinshi ku buzima bwe, nta nshuti yagiraga ndetse n’umuryango we wari waramuciye, yarambiwe ubwo buzima maze ahitamo kugarukira Imana.”

Pasiteri Robert yakomeje avuga ko Imana ari igitangiza kuba yakoresheje umukobwa wari indaya akemera kuba umuyoboke w’idini akanagandukira Imana mu buryo bwose.

Ati “Ni igitangaza gikomeye, ntabwo twabyiyumvishaga ubwo yazaga atugana, gusa twaramwakiriye tumushyira mu ishuri ryigisha ibijyanye n’imyitwarire ndetse n’imiyoborere.

Sharon yadutangarije ko atashoboraga kumara umunsi none amaze amezi atatu adasambana ahubwo ahugurirwa mu ishuri rya Bibiliya, Sharon iyo atabonaga uwo basambana ngo amuhe amafaranga, yabaga ari mu tubari yinywera inzoga none ari gushima Imana kubera ubuzima bushya yatangiye muri Christ , kuri ubu ari mu banyeshuri babonye Impamyabushobozi mu kigo cyacu.”


Sharon Kalenzi, yasoje amasomo ajyanye n’imiyoborere

Ibitekerezo

  • Nta hantu habi Imana itakura umuntu nta n’ ahantu heza Imana itakugeza komeza usenge ibikomeye biri imbere. gusa abakimeze nk’uko wahoze nabo Imana irabakeneye uzabange ubagire inama

    A good story indeed !!Nubwo millions nyinshi z’abantu bakunda gusambana,bigira ingaruka nyinshi:Gukuramo inda,ubwicanyi,etc...Imana yaduhaye sex kugirango tuyihe gusa umuntu tuzabana binyuze mu mategeko.Millions and millions z’abantu,ntabwo bazi ko gusambana ari icyaha kizatuma batabona ubuzima bw’iteka muli paradizo dutegereje.Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma ukazabura ubuzima bw’iteka kandi ntuzazuke.Nukugira ibitekerezo bigufi cyane. Abantu bumvira imana,bazazuka ku munsi w’imperuka nkuko Yesu yavuze muli Yohana 6,umurongo wa 40.Hanyuma imana ibahembe ubuzima bw’iteka muli Paradizo.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa