Umugeni yatewe n’umuzimu wo kwa Nyina akuramo imyenda (Amafoto)
Yanditswe: Monday 29, Jan 2018
Ku wa 20 Mutarama,2018 nibwo mu gihugu cya Uganda mu gace ka Masaka umugeni yatunguranye imbere y’abakwe ubwo yikuragamo imyenda acyumva ko atagishyingiranwe n’umusore yikundiye.
Uyu mugeni yabanje kubyinana n’umukunzi we ndetse benshi banyuzwe n’ibyino ze,yaje gutera benshi kwibaza akuyemo imyenda imbere y’abantu bose bari batashye ubukwe.Ibinyamakuru bitandukanye byo muri Uganda byanditse ko uyu mugeni utatangajwe amazina yatewe n’umuzimu wo kwa Nyina udashaka ko uyu mukobwa ashyingirwa.
Uyu (...)
Ku wa 20 Mutarama,2018 nibwo mu gihugu cya Uganda mu gace ka Masaka umugeni yatunguranye imbere y’abakwe ubwo yikuragamo imyenda acyumva ko atagishyingiranwe n’umusore yikundiye.
Uyu mugeni yabanje kubyinana n’umukunzi we ndetse benshi banyuzwe n’ibyino ze,yaje gutera benshi kwibaza akuyemo imyenda imbere y’abantu bose bari batashye ubukwe.Ibinyamakuru bitandukanye byo muri Uganda byanditse ko uyu mugeni utatangajwe amazina yatewe n’umuzimu wo kwa Nyina udashaka ko uyu mukobwa ashyingirwa.
Uyu mugeni yabanje kubyinana n’umukunzi we
Naijapals yanditse ko hari n’andi makuru avuga ko uyu mugeni yatewe n’ibisazi bitewe n’uko nyirabukwe yari amaze kwanga ko uwo mukobwa abana n’umuhungu we w’umukire cyane.
Benshi batunguwe babonye asize umugabo akiyambura imyenda
Ibitekerezo
Tujye tumenya ko ABADAYIMONI babaho.Bakorana na SATANI,chef wabo.Bible ivuga ko Satani ariwe chef w’iyi si (Yohana 12:31).Niyo mpamvu tubona intambara nyinshi mu isi,ubusambanyi bukabije,ubwicanyi,....Satani ayobya abantu abereka ko ubuzima ari amafaranga,kwishimisha,politike,....akabibagiza gushaka ubwami bw’imana nkuko Yesu yadusabye muli Matayo 6:33.Ubundi buryo Satani ayobya abantu,abinyuza mu madini.Akumvisha abantu ko kuba umukristu ari kujya guha icyacumi pastor cyangwa kujya kurya ukarisitiya kwa padiri.Nyamara Yesu yarasabye abakristu nyakuri bose,gukora umurimo nawe yakoraga,wo kubwiriza ubwami bw’imana mu mihanda,mu ngo,...Soma Yohana 14:12.Abadayimoni ni babi cyane.Imana izabarimbura,isi ihinduke paradizo.