skol
fortebet

Umugore ahangayikishijwe n’umukunzi we uhorana ubushake bwo gutera akabariro

Yanditswe: Thursday 04, Aug 2022

featured-image

Sponsored Ad

Umukobwa uri mu myaka mirongo itatu ntagishobora guhaza irari ry’umukunzi we wabaswe no gutera akabariro ku buryo nibura agira ubushake bwo gutera akabariro inshuro 100 ku munsi.
Vikki Brown w’imyaka 31 na Lucas Martins w’imyaka 39, bahuriye muri supermarket ya Morrisons mu 2020.
Ntabwo babana ariko Vikki avuga ko nta kiruhuko uyu musore agira mu buzima bwe kuko ngo buri mwanya abafite ubushake bwo gutera akabariro.
Madamu Vicky yagize ati: "Kuva twahura bwa mbere kugeza uyu munsi, aho turi (...)

Sponsored Ad

Umukobwa uri mu myaka mirongo itatu ntagishobora guhaza irari ry’umukunzi we wabaswe no gutera akabariro ku buryo nibura agira ubushake bwo gutera akabariro inshuro 100 ku munsi.

Vikki Brown w’imyaka 31 na Lucas Martins w’imyaka 39, bahuriye muri supermarket ya Morrisons mu 2020.

Ntabwo babana ariko Vikki avuga ko nta kiruhuko uyu musore agira mu buzima bwe kuko ngo buri mwanya abafite ubushake bwo gutera akabariro.

Madamu Vicky yagize ati: "Kuva twahura bwa mbere kugeza uyu munsi, aho turi hose, ahora yifuza gutera akabariro/Ashobora kugira ubushake inshuro zigera kuri 50 kugeza ku 100.

Dupfa kuba gusa twicaye tureba firime, tugenda mu muhanda cyangwa kunywa ikawa hamwe n’inshuti igitsina cye kirahaguruka. Rimwe na rimwe biba bibabaje, ariko nawe arabiseka."

Umukunzi we ahora yifuza ko baza ibitsina ndetse ngo hari ubwo bituma yica akazi ke kandi ngo biramugora kubahiriza gahunda zindi aba afite kuko aba agomba guhaza ibyifuzo by’umukunzi we.

Lucas yamaze kubonana n’umuganga, ariko bamubwiye ko nta burwayi afite.

Ati“Buri gihe igitsina cye kiba cyafashe umurego yaba mu maduka, muri resitora, muri siporo - nta kiruhuko na busa agira.Mpora nibaza niba abandi bakundana bahura n’ibibazo bimwe nk’ibyacu.

Mu buriri, ni kimwe,ashobora gusinzira igitsina cye gifite umurego,agakanguka bimeze uko ndetse niyo yakoze ijoro nta gihinduka.

Nubwo ngo aba batabana mu nzu imwe iwabo mu Bwongereza,ngo babonana kenshi kandi uyu mugore ahangayikishijwe n’ubu bushake butagira rutangira bw’umukunzi we.

Vikki mbere yari amaze imyaka myinshi ari ingaragu nyuma yo gucana umubano na se w’abana be - ubwo yahuraga na Lucas.

Aba bombi bakomoka ahitwa Stoke-on-Trent, bahuye ubwo bombi bari muri Morrisons mu gihe cya Guma mu rugo muri 2020 maze Lucas ahamagara Vikki ’Umwiza’ ku nshuro ya mbere bituma baza gukundana.

Nubwo uyu mukobwa yabanje bwa mbere kwanga gusohokana n’uyu mugabo,byarangiye bakundanye none ubu bamaranye imyaka 2.

Ibitekerezo

  • Iyi nkuru inyibukije Film y’inya Ghana nabonye aho couple yagiye kugisha inama kwa Pasteri aho umugore yavugaga ikibazo nk’icyo ati Yakobo y’umugabo wange ntijya igwa ihorana ubushake kandi ati ashobora no gukora akazi isaha irenga ! Mama pasteri we yari amaranye imyaka ikibazo cya Pasteri ubishaka rimwe na rimwe kandi yanabikora ngo ntarenze umunota ! Byarangiye Mama pasteri yipangiye nuwo mugabo da!!! Ati allo !!! ndashaka guhera umwuka nk’uko umudamu wawe yaje hano yiriza ataziko twe twashiriye muri nyagasani. Yari film isekeje .

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa