skol
fortebet

Umugore arashaka abagore 2 bo kumufasha gushimisha umugabo we bagahembwa akayabo

Yanditswe: Friday 05, Aug 2022

featured-image

Sponsored Ad

Nyuma yo kwandura indwara, umugore wo muri Thailand yashyize hanze akazi ko gushaka abagore bamufasha guhaza irari ry’umugabo we.
Pattheema Chamnan w’imyaka 44,yashyize aka kazi kadasanzwe kuri TikTok. Yasobanuye mu itangazo ko ashaka guha akazi abandi bagore ko gushimisha umugabo we kuko ubu adashobora kumuhaza wenyine.
Ati: "Ndashaka guha umugabo wanjye inshoreke 3." Ugomba kuba ufite hagati y’imyaka 30 na 35 kandi warize ufite impamyabumenyi kugira ngo wemererwe.
Yavuze kandi ko aba (...)

Sponsored Ad

Nyuma yo kwandura indwara, umugore wo muri Thailand yashyize hanze akazi ko gushaka abagore bamufasha guhaza irari ry’umugabo we.

Pattheema Chamnan w’imyaka 44,yashyize aka kazi kadasanzwe kuri TikTok. Yasobanuye mu itangazo ko ashaka guha akazi abandi bagore ko gushimisha umugabo we kuko ubu adashobora kumuhaza wenyine.

Ati: "Ndashaka guha umugabo wanjye inshoreke 3." Ugomba kuba ufite hagati y’imyaka 30 na 35 kandi warize ufite impamyabumenyi kugira ngo wemererwe.

Yavuze kandi ko aba bagore bagombaga gutsinda ikizamini cyo kwa muganga kugira cy’uko batanduye virusi itera SIDA.

Ati: “Uzajya uhembwa amadorari 415 ku kwezi, uzacumbikirwa kandi ugaburirwe ku buntu. Ariko ugomba kumfasha. Abantu babiri bazahabwa akazi kugira ngo bamfashe gutegura inyandiko mu biro byanjye, undi azahabwa akazi ko kunyitaho n’umugabo wanjye n’umwana wanjye. ”

Nubwo ibisabwa bidasanzwe, aba bashakanye babonye umukozi wa mbere bamujyana mu rugo rwabo nkuko bitangazwa.

Umukandida watsinze ni "inshuti magara" ya Pattheema.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa