skol
fortebet

Umugore ari mu byishimo nyuma yo gutandukana n’umugabo wari umuzengereje

Yanditswe: Monday 18, Sep 2023

featured-image

Sponsored Ad

Umugore ukiri muto wo muri Kenya yakoze ibirori byo kwishimira gutandukana n’umugabo ashinja ko yamufataga nabi cyane.

Sponsored Ad

Uyo mugore yagaragaje amashusho agaragaza uko yahindutse cyane nyuma yo kuva mu rugo yita rubi.

Uyu mugore ngo yashakanye n’uyu mugabo bamarana imyaka 4 ariko ibibazo byatangiye nyuma yo kubura umwana wabo wa kabiri.

Umugabo we ngo yahindutse umunyarugomo nyuma yo gushyingura uyu mwana wabo.

Ngo yamugiriraga nabi akamukubita ndetse akamutera ibikomere ku mutima.

Yarokotse urupfu nyuma y’uko uyu mugabo agerageje kumutera icyuma.

Ku bw’amahirwe,uyu yaragifashe ariruka.

Yatandukanye n’uyu mugabo we nyuma y’ibyo maze ahitamo kubaho ubuzima bwe wenyine.



Mbere ya Gatanya



Uyu mugore yishimiye gatanya

Ibitekerezo

  • Ubu se bahisemwo kwicuruza

    Ubu se bahisemwo kwicuruza

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa