skol
fortebet

Umugore ari mu gahinda kenshi nyuma yo gutanga akayabo yibagisha ikibuno bikamugiraho ingaruka

Yanditswe: Tuesday 15, Feb 2022

featured-image

Sponsored Ad

Umugore witwa Natasha Crown yakoresheje amadolari arenga 150.000 by’Amadolari ya US mu gushaka kugira ’ikibuno kinini ku isi’ ariko ari kurwana no gushaka umukunzi kuko amaze imyaka irindwi ari ingaragu.
Uyu mugore washakaga kugira "ikibuno kinini kw’isi" avuga ko ibi bimubuza gusohokana n’umugabo.
Natasha Crown, ufite imyaka 27, yakoresheje kariya kayabo mu gushaka uko yagera ku ntego ye nyuma yo kubagwa ibyitwa cinq liftings brésiliens (BBL).
Uyu munya Serbia w’imyaka 27 yavuze ko ikibuno (...)

Sponsored Ad

Umugore witwa Natasha Crown yakoresheje amadolari arenga 150.000 by’Amadolari ya US mu gushaka kugira ’ikibuno kinini ku isi’ ariko ari kurwana no gushaka umukunzi kuko amaze imyaka irindwi ari ingaragu.

Uyu mugore washakaga kugira "ikibuno kinini kw’isi" avuga ko ibi bimubuza gusohokana n’umugabo.

Natasha Crown, ufite imyaka 27, yakoresheje kariya kayabo mu gushaka uko yagera ku ntego ye nyuma yo kubagwa ibyitwa cinq liftings brésiliens (BBL).

Uyu munya Serbia w’imyaka 27 yavuze ko ikibuno cye cyabaye kinini nkuko yabyifuzaga kuko cyaruse uko cyanganaga.

Icyakora, inzozi ze zikomeye zo kugira ikibuno kinini zamubereye ikibazo kuko ubuzima bwe by’umwihariko urukundo bwazahaye,kuko amaze imyaka irindwi yarabuze umukunzi.

Natasha aganira n’urubuga rwa YouTube rwitwa Hooked on the Look,yagize ati: “Mperuka kujya mu rukundo mu myaka irindwi ishize.Birakabije, ndatekereza ko abantu bantinya.

"Abagabo bafite ubwoba.Muzi imiterere yanjye mukagira umubiri wanjye hanyuma mukagira n’ibindi byose. Birakabije.

Ku cyifuzo cye cyo kugira ikibuno kinini ku isi, Natasha yagize ati: “Ndashaka kugira ikibuno kinini ku isi. Iyi niyo ntego yanjye kandi nzayigeraho.

Nabazwe bwa mbere igihe nari mfite imyaka 20,kandi byari BBL. Hashize ukwezi mbazwe mu buryo bw’abanya Brazil kandi n’inshuro ya 5. Kandi vuba aha nzakora iya gatandatu."

Uburyo bwo kubaga bwa BBL bukorwa hongerwa ibinure ku kibuno kikaba kinini cyane ndetse ngo iyo babigukoreye bagutegeka kurya ibyokurya byihariye ngo kibe kinini kurushaho.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa