Umugore wa Pasiteri yafashe icyemezo cyo kumuca inyuma kubera impamvu itangaje
Yanditswe: Wednesday 21, Jun 2023

Umugore bivugwa ko yitwa Karen Wangechi ari kurikoroza ku mbuga nkoranyambaga aho akomeje gushyira hanze amafoto yambaye ubusa kugira ngo akurure abagabo.
Uyu ngo yafashe icyemezo cyo koherereza abagabo batandukanye amafoto yambaye ubusa kugira ngo baze bamupfubure kuko umugabo we usanzwe ari pasiteri nta kigenda mu gutera akabariro.
Iyi myitwarire y’uyu mugore yagiye ku karubanda binyuze ku mashusho ye yashyizwe hanze ku rubuga rwa Telegaram aho yasabaga ko abandi bagabo baza (...)
Umugore bivugwa ko yitwa Karen Wangechi ari kurikoroza ku mbuga nkoranyambaga aho akomeje gushyira hanze amafoto yambaye ubusa kugira ngo akurure abagabo.
Uyu ngo yafashe icyemezo cyo koherereza abagabo batandukanye amafoto yambaye ubusa kugira ngo baze bamupfubure kuko umugabo we usanzwe ari pasiteri nta kigenda mu gutera akabariro.
Iyi myitwarire y’uyu mugore yagiye ku karubanda binyuze ku mashusho ye yashyizwe hanze ku rubuga rwa Telegaram aho yasabaga ko abandi bagabo baza akabashimisha.
Ubusanzwe uyu mugore ngo agaragara nk’umuntu mwiza ariko ibyo akorera mu bwihisho n’agahomamunwa nk’uko ibinyamakuru bibitangaza.
Ibitekerezo
Mmmmmmh abagabo nkabo barakwiye kuraba uko bakwiriza abagore babo bakabaha ibikwiye bashaka.
Biravugwang abagabo batanywa inzoga nto ntagobabasha gushimisha abafashababo to