Umugabo utatangajwe amazina wo mu gihugu cya Cameroun asigaye ararana n’ ingurube yoroye n’ ibibwana byayo nyuma y’ uko umugore we amutaye.
Uyu mugabo Tsafak Georges iyi ngurube bararana amaze imyaka ine ayoroye ndetse avuga ko ifite agaciro nk’ ak’ umuryango we.
Ati Iyi ngurube ni byose kuri njye. Ni umuryango wanjye, niyo nkesha umutungo wanjye kandi umurage wanjye”
Uko imyaka ishira indi igataha niko uyu mugabo arushaho gukunda iri tungo ryo mu batindi nk’ uko Alex Kagame yayise ndetse ngo arayifuhira ari nabyo bituma ararana nayo.
Mu kwezi gushize iyi ngurube yabwaguye ibibwana 10, Tsafak agereranya n’ abana be iyi ngurube akayigereranya n’ umugore.
Kuri ubu uyu mugabo yataye urugo rwe n’ umugore ajya kubana n’ iyi ngurube.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *