Umukobwa yahishuye uko yabuze umugabo kubera imihanda mibi y’iwabo
Yanditswe: Wednesday 27, Oct 2021

Umugore wo muri Ghana yahishuye ko adashobora kubona umugabo kubera imihanda mibi mu gace atuyemo.
Ikinyamakuru cyaho cyatangaje ko uyu mugore wabuze umugabo yavuze ko iyo abantu bashya baje mu gace k’iwabo batajya bongera kwifuzakugaruka kubera imihanda y’aho.
Yavuze kandi ko muri iyo mihanda haba abajura bitwaje intwaro biba abagabo baza mu gace k’iwabo baba baje kubatereta.
Yongeyeho ati: “Kubera ukuntu umuhanda ari mubi, abajura bakunda kwiba abagabo bashaka kuturongora. Turasaba rero (...)
Umugore wo muri Ghana yahishuye ko adashobora kubona umugabo kubera imihanda mibi mu gace atuyemo.
Ikinyamakuru cyaho cyatangaje ko uyu mugore wabuze umugabo yavuze ko iyo abantu bashya baje mu gace k’iwabo batajya bongera kwifuzakugaruka kubera imihanda y’aho.
Yavuze kandi ko muri iyo mihanda haba abajura bitwaje intwaro biba abagabo baza mu gace k’iwabo baba baje kubatereta.
Yongeyeho ati: “Kubera ukuntu umuhanda ari mubi, abajura bakunda kwiba abagabo bashaka kuturongora. Turasaba rero guverinoma kuza kudukorera imihanda kugira ngo tubone urukundo. "
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *