skol
fortebet

Umugore yakubitiye umugabo we kuri Radio bari mu kiganiro

Yanditswe: Thursday 09, Dec 2021

featured-image

Sponsored Ad

Ikibazo cy’umugore n’umugabo babashakanye bo muri Ghana cyahinduye isura kuri radio bari batumiweho mu kiganiro cy’abashakanye.
Aba bashakanye bari batumiwe mu kiganiro kivuga ku bibazo byabo mu rugo no kubishakira igisubizo, ariko ibintu byahindutse cyane ubwo umugore yarakazwaga nibyo umugabo we yamuvuzeho niko kumukubita urushyi.
Uyu mugabo uzwi ku izina rya Kofi, yabwiye abanyamakuru bari babatumiye ko uyu mugore we amaze hafi imyaka ibiri atamushimisha kubera ko agira umwanda ndetse ko (...)

Sponsored Ad

Ikibazo cy’umugore n’umugabo babashakanye bo muri Ghana cyahinduye isura kuri radio bari batumiweho mu kiganiro cy’abashakanye.

Aba bashakanye bari batumiwe mu kiganiro kivuga ku bibazo byabo mu rugo no kubishakira igisubizo, ariko ibintu byahindutse cyane ubwo umugore yarakazwaga nibyo umugabo we yamuvuzeho niko kumukubita urushyi.

Uyu mugabo uzwi ku izina rya Kofi, yabwiye abanyamakuru bari babatumiye ko uyu mugore we amaze hafi imyaka ibiri atamushimisha kubera ko agira umwanda ndetse ko afite akamenyero ko kurekera inkari n’umwanda mu cyumba bararamo.

Amashusho yafatiwe muri iki kiganiro abigaragaza,uyu mugore yarakajwe nibyo umugabo we yamushinje,ahita ahaguruka amukubita urushyi ndetse aramutuka karahava.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa