skol
fortebet

Umugore yamenye amazi ashyushye ku gitsina cy’umugabo we arashya bikomeye

Yanditswe: Saturday 03, Jul 2021

featured-image

Sponsored Ad

Umugabo witwa Thierry Ndzana,ukomoka mu gihugu cya Cameroon ari mu buribwe bukomeye nyuma y’aho umugore we bashakanye bashwanye akamwubikira akamumenaho amazi ashyushye mu myanya y’ibanga.

Sponsored Ad

Uyu mugabo utuye I Yaoundé, mu gace kitwa Simbock,yahuye n’uruva gusenya ubwo yatonganaga n’uyu mugore wari utetse amazi yabize niko kuyafata ayamusukaho arashya bikomeye.

Bwana Thierry Ndzana,yavuze ko yabonye ko umugore we agira uburakari bwinshi yiyemeza kumuhunga kugira ngo yirinde ko bazarwana.

Ubwo uyu mugabo yari agarutse mu rugo,uyu mugore ngo yaramushotoye ari nabwo yahise amwiba umugono aba amumenyeho ayo mazi yari amaze kubira.

Uyu mugabo ngo yahise ajyanwa igitaraganywa kwa muganga igitaraganya gusa ngo uyu mugore yahise yangiza imodoka ye na mudasobwa ye.

Uyu mugabo yavuye mu bitaro yasanze uyu mugore yarafunzwe kubera ubu bugizi bwa nabi yamukoreye.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa