skol
fortebet

Umugore yaryamanye n’abagabo 300 mu mezi 5 bimufasha kugura imodoka na iPhone

Yanditswe: Tuesday 17, Aug 2021

featured-image

Sponsored Ad

Umugore yahamije ko mugenzi we baziranye yavuze ko yaguze imodoka nziza cyane ndetse na telefoni igezweho ya Iphone nyuma yo gukorana imibonano mpuzabitsina n’abagabo 300 mu gihe kingana n’amezi 5.
Umugore wiyita ani_berny kuri Twitter yatangaje ko mugenzi we yahamije ko mu rwego rwo kugera ku nzozi ze zo kugura iPhone 12 n’ivatiri ya SUV.
Uyu mugore yavuze ko ngo yari yiteze ko bizamutwara igihe kinini kugira ngo abashe gukura akayabo ku bagabo agura biriya bintu byombi ariko ngo yatunguwe (...)

Sponsored Ad

Umugore yahamije ko mugenzi we baziranye yavuze ko yaguze imodoka nziza cyane ndetse na telefoni igezweho ya Iphone nyuma yo gukorana imibonano mpuzabitsina n’abagabo 300 mu gihe kingana n’amezi 5.

Umugore wiyita ani_berny kuri Twitter yatangaje ko mugenzi we yahamije ko mu rwego rwo kugera ku nzozi ze zo kugura iPhone 12 n’ivatiri ya SUV.

Uyu mugore yavuze ko ngo yari yiteze ko bizamutwara igihe kinini kugira ngo abashe gukura akayabo ku bagabo agura biriya bintu byombi ariko ngo yatunguwe n’uko yinjije ariya mafaranga nyuma yo kuryamana n’abagabo 300 mu mezi 5 gusa.

Uyu @ani_berny yagize ati “Numvise niyanze kubera kumviriza,ariko umugore yabwiye bari kumwe mu nzu bari bacumbitsemo ko yihaye intego yo gusambana n’abagabo 300 mu mezi 5 abigeraho.Aho niho yakuye amafaranga yo kugura Lexus RX 2019 na iPhone.

Bagenzi be bamugiriye inama yo kugabanya uwo mubare ahubwo akajya ajya mu bagabo bakize cyane.”

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa