skol
fortebet

Umugore yatangaje uko yaryamanye na Rutahizamu wa Manchester United (AMAFOTO)

Yanditswe: Sunday 31, Dec 2017

Sponsored Ad

Rutahizamu w’ikipe ya Manchester United Jesse Lingard yaciye inyuma umukunzi we witwa Jena Frumes,ubwo yaryamanaga n’umugore w’imyaka 32 witwa Leonie Borek ufite umwana.
Uyu mugore yatangarije ikinyamakuru The Sun ko uyu musore ari umubeshyi kuko yamubeshye ko amukunda bakaryamana ubugira 3, hashira iminsi akamenya ko afite umukunzi uba muri Leta zunze ubumwe z’Amerika.
Uyu mugore usanzwe ari umufana w’ikipe ya Manchester United,yatangaje ko yaryamanye na Lingard ubwo yari amaze kuva mu (...)

Sponsored Ad

Rutahizamu w’ikipe ya Manchester United Jesse Lingard yaciye inyuma umukunzi we witwa Jena Frumes,ubwo yaryamanaga n’umugore w’imyaka 32 witwa Leonie Borek ufite umwana.

Uyu mugore yatangarije ikinyamakuru The Sun ko uyu musore ari umubeshyi kuko yamubeshye ko amukunda bakaryamana ubugira 3, hashira iminsi akamenya ko afite umukunzi uba muri Leta zunze ubumwe z’Amerika.

Uyu mugore usanzwe ari umufana w’ikipe ya Manchester United,yatangaje ko yaryamanye na Lingard ubwo yari amaze kuva mu mukino ikipe ya Manchester United yatsinzwemo na Manchester City ibitego 2-1 ku italiki ya 10 Ukuboza 2017, ndetse anagaragaza umwenda yamuhaye ubwo bari bamaze kuryamana.

Leonie yavuze ko uyu musore yamuhamagaye ubwo yari iwe mu mugi wa Sheffield mbere y’umukino wa Arsenal ariko akaza kubyanga kuko yanze kumutesha umutwe kandi afite umukino gusa yaje kumutegera gari ya moshi nyuma y’iyi derby aho yageze aho uyu musore atuye agasange ari kumwe na mugenzi we bakinana Marcus Rashford n’undi musore bo bagahita bagenda bagasigar bari gukora iyi gahunda.

Uyu mugore yasobanuye buri kimwe bakoze ndetse atangaza ko nyuma yo kuva mu rugo rw’uyu musore yabisikanye n’umukunzi w’uyu musore nawe waRI Uvuye mu mugi WA Los Angeles muri USA ajye gufatanya na Lingard kwizihiza isabukuru ye y’imyaka 25.

Uyu mugore yatangarije The Sun ko yababajwe no kuba yarabaye igikoresho cyo guhaza irari ry’uyu musore kandi we yari yifuje ko bakundana.
Uyu mukinnyi umaze guhamagarwa 2 mu ikipe y’igihugu y’Ubwongereza,yaciye inyuma umukunzi we witwa Frumes bamaze umwaka bakundana.

Dusingizimana Remy

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa