skol

Umukecuru yafashe umugore w’imyaka 59 ari gusambana n’umwuzukuru we w’imyaka 14

Yanditswe: Wednesday 05, Sep 2018

Umugore ukomoka mu Bwongereza witwa Gail Dickinson w’imyaka 59 arashinjwa gusambana n’umwana w’imyaka 14 yashutse bagiye ku mucanga wa Ibiza hakunze gusohokera ba mukerarugendo batandukanye,basambanira ku ibaraza rya hoteli bari bacumbitsemo.

Ubwo aba bombi barimo basambana,nyirakuru w’uyu mwana w’umuhungu yabafashe asanga uyu Dickinson ari kubwira umwuzukuru we ko nyina amubeshya ko ari umwana kandi ari umugabo.

Gail Dickinson yari inshuti ya nyina w’uyu mwana w’umuhungu,amusaba ko yabasohokana we n’abana babo nibwo yihereranye uyu mwana w’umuhungu amukoresha imibonano mpuzabitsina ku ibaraza rya hoteli.

Nkuko uyu mukecuru yabibwiye polisi,yasanze Gail Dickinson ari kubwira umwuzukuru we ko amufitiye umuzigo mwiza ndetse amubwira ko nyina yamubeshye ko ari umwana kandi ari umugabo.

Yagize ati “Namufashe ari kubwira umwuzukuru wanjye amagambo y’urukozasoni ndetse bombi bari bambaye ubusa.Numvise amubwira ngo bajye kuryama hamaze umwanya nsanga bari gusambanira ku ibaraza rya hoteli,aho yamubwiraga ibyo akora umwana nawe akabikora nk’imashini.”

Uyu mukecuru na nyina w’uyu muhungu bitabaje polisi nyuma yo kuva mu butembere Ibiza yahise ita muri yombi uyu Gail Dickinson.

Uyu mwana w’umuhungu yavuze ko yasambanye na Gail Dickinson kubera inzoga nyinshi yari yanyoye kuko yinjiye muri hoteri yasinze uyu mugore atangira kumukorakora mu bitugu no ku myanya ye y’ibanga.

Gail Dickinson wafashwe ari gusambana n’umwana w’imyaka 14

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa