skol
fortebet

Umukinnyi wa filimi yaciye ibintu ubwo yavugaga ko amaze kuryamana n’abagore 3000

Yanditswe: Sunday 31, Oct 2021

featured-image

Sponsored Ad

Umukinnyi wa filimi w’icyamamare muri Kumawood,Oboy Siki, yatangarije mu kiganiro n’itangazamakuru ko yaryamanye n’abagore bagera ku 3.000. Avuga ko yaretse kubara umubare w’abagore yaryamanaga nabo ubwo yari amaze kugera ku 2500.

Sponsored Ad

Oboy Siki wo muri Ghana, bitandukanye n’abandi bakinnyi ba filimi, yamye atangaza ubuzima bwe ku bijyanye n’imibonano mpuzabitsina ku mugaragaro. Yishimira ko yashoboye kuryamana n’abagore benshi, atitaye ku busaza bwe.

Nk’uko byatangajwe na Oboy Siki mu kigairo yagiranye na Delay mu kiganiro cye, yavuze ko ynditse umubare w’abagore yaryamanye nabo kugeza kuri 2500.Yemeje kandi ko mu myaka ye,yaryamanye n’abagore barenga 3.000.

Oboy Siki yavuze yeruye ko atirata cyangwa ngo ahimbe umubare w’abagore yaryamanye nabo.

Abajijwe na Delay niba koko yararyamanye n’abagore 2000 yagize ati "Niba uvuze 2000, simbyumva kuko barenze abo. Nahagaritse kwandika. Mfite ibihamya.

Nyuma yo kugera ku 2500, nahagaritse kubara. Ntabwo nakomeje, ariko niba ntibeshye nasambanyije abagera ku 3.000.

Simvuze ibi nirata. Nabitse iyo nyandiko nkiri muto. Iyo ikayi yuzuraga narayibikaga, nkayishyira ku ruhande. Nashoboraga gukora imibonano mpuzabitsina inshuro 5 ku munsi. ”

Uyu mugabo yavuze ko yasambanye n’abagore batandukanye barimo n’abo bakinanaga filimi.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa