skol
fortebet

Umukobwa akomeje kuba mu gahinda kubera ubunini bw’amabere ye

Yanditswe: Monday 20, Feb 2023

featured-image

Sponsored Ad

Umugore yaciye ibintu kuri Tik Tok ubwo yagaragazaga agahinda kenshi afite ko kuba benshi mu bantu bamubonye baba bifuza kugira amabere manini nkaye nyamara batazi ukuntu bimuvuna ku bana nayo.
Uyu mugore witwa Emma w’imyaka 20,yavuze ko adashobora kubona isutiye imukwiye kubera ubunini bwe ndetse ngo ibi biramubangamira cyane.
Uyu mukobwa ukoresha cyane uru rubuga rwa Tik Tok aho yitwa @emma.bocciaa, buri gihe asangiza abakunzi be basaga 18,000 amashusho agaragaza ubuzima bwe.
Mu (...)

Sponsored Ad

Umugore yaciye ibintu kuri Tik Tok ubwo yagaragazaga agahinda kenshi afite ko kuba benshi mu bantu bamubonye baba bifuza kugira amabere manini nkaye nyamara batazi ukuntu bimuvuna ku bana nayo.

Uyu mugore witwa Emma w’imyaka 20,yavuze ko adashobora kubona isutiye imukwiye kubera ubunini bwe ndetse ngo ibi biramubangamira cyane.

Uyu mukobwa ukoresha cyane uru rubuga rwa Tik Tok aho yitwa @emma.bocciaa, buri gihe asangiza abakunzi be basaga 18,000 amashusho agaragaza ubuzima bwe.

Mu mashusho y’amasegonda 10 Emma aheruka gushyira hanze yambaye umupira hejuru,yanditseho ngo "nanga amasutiye."

Umwe mu bamukurikira yahise amusubiza ati "Ntuzigere wambara n’imwe."

Yahis amusubiza ati "Ntabwo nanga ko abakobwa bafite amabere manini batambara amasutiye ahubwo nanga uko njye bituma ngaragara.

Abantu basaga miliyoni ebyiri barebye iyi videwo ndetse abasaga ibihumbi 300 bagaragaza ko bayikunze kuko yarimo ukuri k’uyu mukobwa.

Muri iyo Video benshi bamubwiye ko atazi ikirezi yambaye kubera ko abagabo benshi bakunda abakobwa bafite amabere manini.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa