skol
fortebet

Umukobwa w’imiterere idasanzwe yaciye ibintu kubera amafoto yagiye hanze ari gucuruza agataro [AMAFOTO]

Yanditswe: Monday 12, Jun 2023

featured-image

Sponsored Ad

Muri aya mafoto yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga,yagaragaje uyu mukobwa yambaye ikanzu igaragaza imiterere ye by’umwihariko ikibuno.
Aya mafotoo y’uyu mukobwa yamugize icyamamare kuko yarebwe n’ibihumbi byinshi kumbuga nkoranyambaga.
Muri iyi minsi,bisigaye byoroshye ko abakobwa bafite ibibuno binini n’abandi bafite ubwiza bamenyekana by’umwihariko mu gihugu cya Ghana aho abakobwa nk’aba bakundwa cyane.
Icyakora,uyu mukobwa ntiyatangajwe amazina n’aho avuka gusa ikizzi neza nuko ari uwo mu (...)

Sponsored Ad

Muri aya mafoto yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga,yagaragaje uyu mukobwa yambaye ikanzu igaragaza imiterere ye by’umwihariko ikibuno.

Aya mafotoo y’uyu mukobwa yamugize icyamamare kuko yarebwe n’ibihumbi byinshi kumbuga nkoranyambaga.

Muri iyi minsi,bisigaye byoroshye ko abakobwa bafite ibibuno binini n’abandi bafite ubwiza bamenyekana by’umwihariko mu gihugu cya Ghana aho abakobwa nk’aba bakundwa cyane.

Icyakora,uyu mukobwa ntiyatangajwe amazina n’aho avuka gusa ikizzi neza nuko ari uwo mu gihugu cya Ghana kibamo abakobwa bakurura abagabo muri Afurika kubera imiterere yabo igaragara inyuma.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa