skol
fortebet

Umukobwa w’imyaka 21 n’umukunzi we w’imyaka 74 bemeye guterera akabariro kuri TV imbonankubone kugira ngo bashimangire ko bakundana by’ukuri

Yanditswe: Friday 29, Mar 2019

Sponsored Ad

Umukobwa Milijana Bogdanovic w’imyaka 21 n’umukunzi we Milojko Bozic w’imyaka 74 babwiye abantu ko bakundana by’ukuri nubwo imyaka yabo ihabanye ndetse bavuga ko bazasambanira kuri TV imbonankubone (live) kugira ngo bagaragarize isi yose ko bakundana by’ukuri.

Sponsored Ad

Aba bantu bakomoka mu mujyi wa Belgrade muri Serbia,babwiye ikiganiro cyitwa ’Parovi’ cyo kuri imwe mu ma TV yo muri iki gihugu ko nubwo batangana ariko bakundana by’ukuri ndetse bazakorera imibonano mpuzabitsina kuri iyi TV live kugira ngo berekane ko bakundana by’ukuri.

Urukundo rw’aba bantu rwaciye ibintu hirya no hino ku isi bituma benshi babibazaho cyane gusa bo bavuze ko bishimira ko bakundana ndetse ngo biteguye kwereka abantu ko badatewe ipfunwe n’uru rukundo rwabo ariyo mpamvu bazakorera imibonano mpuzabitsina kuri TV live.

Uyu Milojko w’imyaka 74,afite abana 3 yabyaranye n’umugore we wa mbere barimo uw’imyaka 40, 35, 30.

Idini ryo muri Serbia aba bombi basengeramo ryanze kubasezeranya ribabwira ko ridashobora gushyingira abantu barutanwa imyaka iri hejuru ya 15.





Ibitekerezo

  • Kubera gukunda "ibintu",abakobwa benshi ntabwo bakangwa nuko abagabo babaruta cyane.Kandi hafi ya bose basambana kubera gushaka amafaranga.Gusa ibi byo gushaka gusambanira kuli TV,ni amahano.Byerekana ko turi mu minsi y’mperuka.Nubwo abantu nyamwinshi batabyemera,imana yashyizeho "umunsi w’imperuka" nkuko Ibyakozwe 17:31 havuga.Kuli uwo munsi,izakura mu isi abantu bose bakora ibyo itubuza,isigaze gusa abantu bayumvira.Byisomere muli Imigani 2:21,22.Kuli uwo munsi uteye ubwoba cyane nkuko bible ivuga muli Yoweli 2:11,Imana izakuraho ubutegetsi bw’abantu nkuko Daniel 2:44 havuga.Izaha ubutegetsi bw’isi yose Yesu nkuko tubisoma mu Ibyahishuwe 11:15.Hanyuma Yesu ahindure isi yose paradizo.Ibibazo byose biveho burundu,harimo ubukene,ubusaza,indwara n’urupfu.Soma Ibyahishuwe 21:4.Niba dushaka KUROKOKA kuli uwo Munsi,dushake imana cyane,twe kwibera mu byisi gusa.Ni Imana ubwayo ibidusaba muli Zefaniya 2:3.Byaba byiza uhasomye.

    Isi irashaje n’abasambanyi gusambanirw kuri TV Kiko?? Ahaaaa!!

    Ubu wasanga hari abatinyuka bakabishyigikira ngo ntacyo bitwaye ni amajyambere!!

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa