skol
fortebet

Umukobwa w’imyaka 23 ari mu byishimo by’uko yatwawe ubusugi n’umugabo umurusha imyaka 22

Yanditswe: Wednesday 06, Oct 2021

featured-image

Sponsored Ad

Mu gukura kwe, Sav Kepler ntabwo yigeze atekereza kuryamana n’abasore bakundana nubwo yasohokanye na bamwe mu bahungu bashyushyebiganye mu mashuri yisumbuye.

Sponsored Ad

Uyu mukobwa yavuze ko atigeze yumva iakunzwe cyane nabo kugeza ubwo yahuraga n’umugabo we Mark ku rubuga rwa Tinder mu myaka itanu ishize.

Mu gusobanura uko yahungaga abasore bashaka kuryamana nawe , uyu mukobwa w’imyaka 23, ukomoka muri Nouvelle-Zélande, yagize ati: "Ikintu kijyanye nibyo ntabwo cyakoraga kuri njye. Ndibuka ko natekereje kutazagira uwo duhuza igitsina ariko nanone nari mbizi neza ko ntari umutinganyi.

"Byanteye ubwoba - Natinyaga ko ntazigera mbona umukunzi niyemeza kujya gushaka abajyanama ku bibazo byo gutera akabariro.

Uyu mukobwa yavuze ko ibyo byose byahindutse ubwo yahuraga n’umugabo we,ati: "Mvuye mu mashuri yisumbuye mfite imyaka 18 nahuye na Mark w’imyaka 45, kuri Tinder mbona ko nari narabuze umuntu ukwiye."

Mu mezi atandatu yakurikiyeho, aba bombi bagiye baganira buri gihe kandi ntibashobora kwifata ubwo bahuraga - nubwo barutanwa imyaka 22.

"Ubwa mbere duhura twaraganiriye gusa hanyuma ubutaha dutera akabariro kandi sinigeze mbidwanya na gato. Natekereje nti ’uyu musore aratangaje, ndamukunda cyane’.

"Nashimishijwe cyane no gutakaza ubusugi bwanjye ndavuga nti "Imana ishimwe, nshobora kujya kubaho ubuzima bwanjye ubu ariko uyu musore akora neza - ni byiza ko nakundanye n’umuntu watwaye ubusugi bwanjye."

Nyuma yimyaka ibiri bakundana, aba bombi bahise babana mu nzu imwe hagati muri 2019 mbere yo gushyingiranwa mu ntangiriro z’uyu mwaka.

Nubwo abantu ku mbuga nkoranyambaga babona kurutana mu myaka ari ikintu kidasanzwe, Sav na Mark bibagiwe imyaka irenga 20 ibatandukanya - bashimangira ko "urukundo ari urukundo".

Sav yagize ati: "Numva ari byiza rwose ariko byambereye umurongo wo kwiga kuri njye n’umubano wanjye wa mbere.

Ninjye mukobwa wa mbere Mark yabanye nawe,bityo twese tugomba kwigira byinshi hamwe.

"Nubwo tutanganya imyaka, turacyashakira hamwe umugozi uzirika umubano w’igihe kirekire kandi ukomeye.

Aba bombi bamaze igihe bashyira hanze amafoto agaragaza urukundo rwabo ndetse ntibahisha ko barutanwa mu myaka gusa bituma batukwa cyane.



Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa