skol
fortebet

Umukobwa w’umukire yakoresheje ikirori gikomeye cyo guhitamo Cake azakoresha ku bukwe bwe

Yanditswe: Monday 16, May 2022

featured-image

Sponsored Ad

Icyamamare ku mbuga nkoranyambaga,kabuhariwe mu gutanga amakuru ndetse akaba n’umukobwa wa nyakwigendera Ezra Bunyenyezi wari umuherwe ukomeye muri Uganda, Luzy Bunyenyezi uzwi ku izina rya Lucy Smize yakoze ibirori bidasanzwe byo kurya kuri cake zitandukanye kugira ngo ahitemo iyo azakoresha ku munsi w’ubukwe bwe.
Ibi birori bikomeye muri Uganda byasize benshi mu batumiwe n’uyu mwana w’umuherwe bishimye cyane ndetse kandi bifuza ko nabo bazabikoresha.
Kurya kuri cake n’ikirori kidasanzwe (...)

Sponsored Ad

Icyamamare ku mbuga nkoranyambaga,kabuhariwe mu gutanga amakuru ndetse akaba n’umukobwa wa nyakwigendera Ezra Bunyenyezi wari umuherwe ukomeye muri Uganda, Luzy Bunyenyezi uzwi ku izina rya Lucy Smize yakoze ibirori bidasanzwe byo kurya kuri cake zitandukanye kugira ngo ahitemo iyo azakoresha ku munsi w’ubukwe bwe.

Ibi birori bikomeye muri Uganda byasize benshi mu batumiwe n’uyu mwana w’umuherwe bishimye cyane ndetse kandi bifuza ko nabo bazabikoresha.

Kurya kuri cake n’ikirori kidasanzwe aho umukobwa witegura kurushinga atumira inshuti n’umuryango we cyangwa umuntu uwo ari we wese yahisemo kuza kurya kuri za Cake z’ubwoko butandukanye hanyuma hanyuma bakamufasha guhitamo iryoshye cyane azakoresha ku bukwe bwe.

Ibi birori bngo byitabiriwe n’inshuti magara z’uyu mwana w’umukire zirimo nka Nadia Matovu, umunyamideli Anita Beryl nabandi.

Ku bwa Lucy, iki nicyo kirori cyo kurya kuri cake cyiza cyane kurusha ibindi mu byo yitabiriye.

Benshi mu bashyize ibitekerezo ku ifoto uyu mukobwa yashyize hanze bavuze ko bafite amatsiko yo kureba uko ubukwe bwe buzaba bumeze cyane ko n’akarori koroheje ko kurya kuri Cake kari gahenze cyane.


Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa