Umukobwa wogosha imisatsi yaciye ibintu kubera kogosha umukiriya ari kumusoma
Yanditswe: Monday 07, Feb 2022

Abakoresha imbuga nkoranyambaga bumiwe kandi bakomeje kwibaza ukuntu umuntu yatekereje gushinga inzu bogosheramo umusatsi hanyuma akazana umukobwa uzajya usoma abakiriya mbere na rimwe mugihe bwari kogoshwa.
Amashusho y’iyi salon de coiffure yakoze aka gashya yaciye ibintu aho umugabo umwe yagaragaye ari kogoshwa hanyuma ikizungerezi cyamwogoshaga kirasoma karahava.
Uwashyize hanze iyi videwo yagize ati "Nunvise inzu bogosha aho umwogoshi w’umugore aha abakiriya b’igitsina gabo impano yo (...)
Abakoresha imbuga nkoranyambaga bumiwe kandi bakomeje kwibaza ukuntu umuntu yatekereje gushinga inzu bogosheramo umusatsi hanyuma akazana umukobwa uzajya usoma abakiriya mbere na rimwe mugihe bwari kogoshwa.
Amashusho y’iyi salon de coiffure yakoze aka gashya yaciye ibintu aho umugabo umwe yagaragaye ari kogoshwa hanyuma ikizungerezi cyamwogoshaga kirasoma karahava.
Uwashyize hanze iyi videwo yagize ati "Nunvise inzu bogosha aho umwogoshi w’umugore aha abakiriya b’igitsina gabo impano yo kubasoma mu gihe ari kubogosha."
Muri ayo mashusho,uwo mugoreyogoshe uwo mukiriya we ari kumusoma gusa ku ruhande hari undi mugabo ukuze we wogoshwaga n’umugabo mugenzi we.
Umwe yumvikanye avuga ati "Urukundo mu kogosha."
Gusomana kw’aba bombi byari bikomeye,kuburyo undi mukiriya wari ku ruhande yananiwe kwita ku cyamuzanye arabareba. Yahindukiyee kenshi kugira ngo abone mugenzi we ari kogoshwa n’uyu mugore wari wambaye akajipo kagufi k’umukara.
Nthamenyekanye neza aho iyi salon yogosha imisatsi iherereye cyangwa niba koko uyu mukobwa wagaragaye yogosha uyu mukiriya niba ari umwogoshi waho cyangwa se niba ari inshuti y’uyu mugabo yogoshaga
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *