skol
fortebet

Umukobwa yaryamanye n’umugabo wa nyina mu rwego rwo kumwihimuraho

Yanditswe: Thursday 22, Sep 2022

featured-image

Sponsored Ad

Umukobwa wo muri Afurika y’Epfo witwa Paballo Maseko, yavuze ko yaryamanye n’umugabo wa nyina umubyara kugira ngo amwihimureho ku byo yamukoreye.
Maseko yemeye ko yaryamanye n’umugabo wa nyina, wari n’umupasiteri we,birangira amwirukanye mu rugo nyuma yo kumenya iby’iki kibazo.
Ibi yabitangaje kuri Twitter mu rwego rwo kugaragaza impamvu yaretse kujya mu rusengero.
Maseko yavuze ko bitandukanye na barumuna be, atigeze na rimwe yitabwaho na nyina cyangwa ngo amwereke urukundo.
Kubera uko (...)

Sponsored Ad

Umukobwa wo muri Afurika y’Epfo witwa Paballo Maseko, yavuze ko yaryamanye n’umugabo wa nyina umubyara kugira ngo amwihimureho ku byo yamukoreye.

Maseko yemeye ko yaryamanye n’umugabo wa nyina, wari n’umupasiteri we,birangira amwirukanye mu rugo nyuma yo kumenya iby’iki kibazo.

Ibi yabitangaje kuri Twitter mu rwego rwo kugaragaza impamvu yaretse kujya mu rusengero.

Maseko yavuze ko bitandukanye na barumuna be, atigeze na rimwe yitabwaho na nyina cyangwa ngo amwereke urukundo.

Kubera uko kwirengagizwa na nyina,yiyemeje kugirana umubano wa hafi n’umugabo we wa kabiri. Yavuze ko nyina yarakaye cyane nyuma y’uko barumuna be babimenye bakabimenyesha itorero.

Uyu mukobwa yongeyeho ko aticuza kuba yarababaje nyina aryamanye n’umugabo we.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa