Umukomando w’umugore akomeje guca ibintu kubera ukuntu abayeho nka Slayqueen [AMAFOTO]
Yanditswe: Monday 09, Aug 2021
Umukomando witwa Grace Thandiwe wo mu gihugu cya Zambia akomeje gutangaza benshi kubera amafoto ashyira hanze agaragaza imiterere ye ishotorana kandi ashinzwe umutekano.
Uyu mukomandokazi yashyingiranwe n’umugabo w’umukire ariko nyuma baza gutandukana byatumye ahungabana ayoboka imbuga nkoranyambaga.
Uyu mukomando yiswe Grace kubera ibyo yaciyemo ariko agakomeza kubaho bisanzwe.
Uyu mukomando iyo yavugaga ku buzima bwe yibandaga ku kuvuga ngo ku bushake bw’Imana ariyo mpamvu bamwise (...)
Umukomando witwa Grace Thandiwe wo mu gihugu cya Zambia akomeje gutangaza benshi kubera amafoto ashyira hanze agaragaza imiterere ye ishotorana kandi ashinzwe umutekano.
Uyu mukomandokazi yashyingiranwe n’umugabo w’umukire ariko nyuma baza gutandukana byatumye ahungabana ayoboka imbuga nkoranyambaga.
Uyu mukomando yiswe Grace kubera ibyo yaciyemo ariko agakomeza kubaho bisanzwe.
Uyu mukomando iyo yavugaga ku buzima bwe yibandaga ku kuvuga ngo ku bushake bw’Imana ariyo mpamvu bamwise Grace.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *