Umunyarwenya Anne Kansiime yashyize hanze amafoto akurura abagabo yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga [AMAFOTO]
Yanditswe: Saturday 01, Sep 2018
Umunyarwenya ukomoka muri Uganda umaze kuba icyamamare muri Africa,Anne Kansiime yatunguye benshi ku mbuga nkoranyambaga kubera amafoto akurura abagabo yashyize hanze.
Uyu munyarwenya watandukanye n’umugabo we Gerald Ojok bari bamaranye imyaka 4,yeretse abagabo ko ubwiza atabushakisha niko gushyira hanze amafoto akurura abagabo.
Mu rugendo rw’akazi arimo mu mujyi wa Atlanta, muri USA,Anne Kansiime yatunguye benshi ubwo yashyiraga hanze umurundo w’aya mafoto yambaye utwenda tugufi,twavugishije benshi ku mbuga nkoranyambaga.
Akimara gushyira hanze aya mafoto yagize ati “ni umunsi mwiza Ninja zanjye.Ndacyari mu bitaramo muri Atlanta.
Yongeye gushyira hanze andi mafoto arangije yandikaho ngo “ngwino undebe”byatumye benshi mu bafana be bavuga ko akeneye umukunzi.
Ibitekerezo
Uyu yakurura abagabo ba hehe ko ubwe nawe ari nkumugabo