skol
fortebet

Umunyarwenya yavuze ukuntu yavunitse igitsina ari gutera akabariro bitangaza benshi

Yanditswe: Friday 27, Apr 2018

Sponsored Ad

Umunyarwenya akaba n’umwanditsi w’ibitabo witwa Ross Asdourian ukomoka mu mujyi wa New York muri USA,yatangarije imwe mu mateleviziyo ko yavunitse igitsina ubwo yarimo atera akabariro n’umugore umurusha ubukure.

Sponsored Ad

Uyu munyarwenya yatangaje ko ubwo yarimo atera akabariro,igitsina cye cyacitse imitsi ibiri y’ingenzi kiravunika gusa akomeza akazi nubwo ububabare bwari bwinshi cyane.

Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru bazwi cyane muri Amerika Kyle & Jackie O,Ross yavuze ko yakoraga imibonano mpuzabitsina mu buryo bwitwa Doggy style niko kuvunika igitsina cye.

Yagize ati “Narimo ntera akababariro ngeze hagati nibwo natangiye kumva ububabare bwinshi ku gitsina menya ko imwe mu mitsi yacyo yacitse.Sinacitse intege narakomeje gusa umugore twari turyamanye ntiyamenye uko byagenze.”

Uyu munyarwenya yavuze ko ububabare bwari nka 10 kuri 11 ndetse ntiyigeze ataka kugira ngo uyu mugore wari wamusuye atamenya ibyabaye bikica umunyenga barimo.

Ubwo uyu munyarwenya yari arangije gutera akabariro,yumvise ububabare budasanzwe ndetse araremba cyane byatumye uyu mugore baryamanye ahamagara ingobyi y’abarwayi imuryana kwa muganga.

Uyu munyarwenya yavuze ko imashini ye itagikora neza 200 kuko nubwo yavuwe agakira ashimisha abagore ku kigero cya 80 ku ijana ugereranyije na mbere akiri muzima.


Umunyarwenya Ross wavunitse igitsina ari gutera akabariro

Ibitekerezo

  • MBEGAMBE WE!! NUMUNTU WUMUGABO KBS.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa