skol
fortebet

Umunyezamu w’imyaka 88 uri kurwanira umwanya wo gukina n’abuzukuru

Yanditswe: Wednesday 29, Sep 2021

featured-image

Sponsored Ad

Umusaza witwa Alan Camsell aracyakina umupira wamaguru nubwo afite imyaka 88 kuko akigirirwa icyizere mu ikipe ya Bay Stollers FC mu majyaruguru ya Wales.
Uyu munyezamu ubu arimo gukina hamwe n’abuzukuru ba bagenzi be bakinana muri iyi kipe ifite icyicaro i Llandudno.
Camsell yemeye ko akina mu rwego rwo kwishimisha gusa umupira hari igihe umucaho byoroshye nubwo hari iyo agerageza gukuramo.
Camsell yagize ati "Kuwa Gatandatu ndababara, ariko ku wa gatanu ndabyishimira cyane.
Mperuka (...)

Sponsored Ad

Umusaza witwa Alan Camsell aracyakina umupira wamaguru nubwo afite imyaka 88 kuko akigirirwa icyizere mu ikipe ya Bay Stollers FC mu majyaruguru ya Wales.

Uyu munyezamu ubu arimo gukina hamwe n’abuzukuru ba bagenzi be bakinana muri iyi kipe ifite icyicaro i Llandudno.

Camsell yemeye ko akina mu rwego rwo kwishimisha gusa umupira hari igihe umucaho byoroshye nubwo hari iyo agerageza gukuramo.

Camsell yagize ati "Kuwa Gatandatu ndababara, ariko ku wa gatanu ndabyishimira cyane.

Mperuka kubona ko ndimo kugenda buhoro, umupira urandenga nkiri kujya hasi. None iki? Birashimishije gusa. "

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa