skol
fortebet

Umupasiteri yaciye ibintu kubera gusengera umusore mu iteraniro amusabira kugira igitsina kinini

Yanditswe: Thursday 13, Jan 2022

featured-image

Sponsored Ad

Umupasitori wo muri Nijeriya aherutse guteza impaka ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kubwira umuyoboke we ko afite imbaraga zo kongera ubunini bw’igitsina cye.
Videwo yagiye ahagaragara yerekanye uyu pasiteri washinze Shekina Area Ministries, umuvugabutumwa wa Gospel Agochukwa akora icyo yise igitangaza.
Muri iyo videwo, pasiteri abaza umusore niba aherutse kubura umwenda we w’imbere vuba, undi ahita abyemeza.
Pasiteri yahise amubaza niba azi uwawutwaye,undi amusubiza ko atamuzi,niko (...)

Sponsored Ad

Umupasitori wo muri Nijeriya aherutse guteza impaka ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kubwira umuyoboke we ko afite imbaraga zo kongera ubunini bw’igitsina cye.

Videwo yagiye ahagaragara yerekanye uyu pasiteri washinze Shekina Area Ministries, umuvugabutumwa wa Gospel Agochukwa akora icyo yise igitangaza.

Muri iyo videwo, pasiteri abaza umusore niba aherutse kubura umwenda we w’imbere vuba, undi ahita abyemeza.

Pasiteri yahise amubaza niba azi uwawutwaye,undi amusubiza ko atamuzi,niko kumuubwira ko ibyo bintu byagize ingaruka mbi ku gitsina cye.

Ati: “Batwaye umwenda wawe w’imbere bashaka ko igitsina cyawe kitazongera gukora. Kuva icyo gihe, ntiwongeye kumva igitsinac yawe. Iyo rimwe na rimwe uruhutse, ukunda kugikoraho byoroheje, ndetse no muri bisi? Ngiye kukugarurira igitsina cyawe nkiguhe.

Urashaka igitsina kinini? Nshobora kucyongerera uburebure mu mwuka. ”

Yahise amusengera maze asaba Imana kurekura igitsina cye, igifu n’amara. Pasiteri akimukoraho,yahise agwa.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa