skol
fortebet

Umupfubuzi yatangaje umubare w’abagore amaze gusambanya benshi barumirwa

Yanditswe: Sunday 10, Jun 2018

Sponsored Ad

Umupfubuzi witwa Seani Love, w’imyaka 48 ukomoka mu Bwongereza,yatangaje ko adateganya guhagarika akazi ke ko gupfubura kamuhesha akayabo ndetse kamaze kumufasha gusambana n’abagore barenga 1,000 kuva yagatangira.

Sponsored Ad

Uyu mupfubuzi utuye mu mujyi wa London, yavuze ko afite ubuhanga muri aka kazi ndetse ko umugore wese uje amugana amubaza urwego yifuza ko amuryoherezaho kandi birangira abigezeho.

Sean Love amaze gusambana n’abagore barenga 1000

Seani Love yavuze ko buri gihe agomba gukora akazi ke neza ndetse agatandukana n’umukiriya we azi ko yamushimishije.

Uyu mugabo yavuze ko yamaze imyaka 8 ari umukanishi ndetse inshuro nyinshi yajyaga ahahurira abagore bashaka ababasambanya mu rwego rwo kwihugura no kugira ubuhanga mu gutera akabariro.

Mu mwaka wa 2011 nibwo Seani Love yafunguye inzu ye bwite, ifasha abagore bapfubye kubona abapfubuzi, akabifatanya n’akazi ko gucunga umutekano w’abantu , byatumye ahura n’abagore benshi aho buri mugore yamwishyuraga amadolari 130 kugira ngo baryamane.

Uyu mugabo yavuze ko yamamaza ibikorwa bye kuri Facebook ndetse benshi mu bagore yakira baba bari hagati y’imyaka 30 na 40,baba bifuza kuryoherwa biruseho n’imibonano mpuzabitsina.

Seani Love yavuze ko atajya ahisha ko ari umupfubuzi ndetse ku myaka ye 48 atiteguye guhagarika aka kazi.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa