Umupolisikazi yirukanwe ku kazi kubera kwereka bagenzi be amafoto y’igitsina cya mugenzi wabo
Yanditswe: Tuesday 12, Jun 2018
Umupolisikazi witwa PC Katie Jackson ukomoka mu Bwongereza,yirukanwe ku kazi azira kwerekana amafoto y’igitsina cya mugenzi wabo abandi bapolisi bakorana ushinzwe iperereza.
Uyu mupolisikazi ukorera ahitwa Goole Police Station ahitwa West Yorkshire,yahamagaye abapolisi bakorana arangije abereka ifoto y’igitsina cy’umupolisi ukora iperereza cyafashe umurego yari afite muri telefoni ye bibabaza uyu mupolisi niko kumujyana mu nkiko none byaviriyemo uyu mugore kwirukanwa.
Uyu mupolisi yasabye uyu mupolisikazi kutazashyira hanze iyi foto ubwo yayimwohererezaga,uyu we ahitamo kuyereka bagenzi be bakorana.
Umwe mu bapolisi beretswe iyi foto yavuze ko uyu mugore yamubwiye ko yohererejwe iyi foto mu masaha 2 ashize ahita ayimusangiza.
Katie yashinjwe na bagenzi be kubabangamira akabereka amafoto y’urukozasoni kandi bari mu kazi ndetse no kwica amategeko agenga abakozi kugira ngo babe abanyamwuga,byatumye yirukanwa ku kazi.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *