skol
fortebet

Umusore n’inkumi basambaniye imbere y’ikigo cy’amashuli bafatwa amashusho n’umugenzi [AMAFOTO]

Yanditswe: Tuesday 24, Jul 2018

Sponsored Ad

Umusore n’inkumi bari mu kigero cy’imyaka 20 bafashwe amashusho bari gusambanira munsi y’itara ryo ku ishuli ribanza ryo mu mujyi wa London ryitwa Coppetts Wood mu masaha yo mu rukerera ,n’umugore wari utuye hafi y’iri shuli,abashyira ku karubanda.

Sponsored Ad

Uyu mugore wari utuye hafi y’iki kigo cy’amashuli,yakangutse agiye kureba imikino ya Love Island kuri TV ,gusa yumva n’urusaku hafi y’aho atuye agira amatsiko yo kureba ibijya mbere ageze hanze abona n’umusore n’umukobwa bari gusambanira munsi y’itara ryo ku ishuli ribanza ryo mu majyaruguru y’umujyi wa London.

Uyu mugore yahise afata amafoto na video ahamagara polisi kugira ngo ibahane kubera iyi myitwarire mibi yo gusambanira ku karubanda ahantu bashoboraga kubonwa na benshi,iramutenguha ntiyaza bituma aba bombi bamara iminota 20 basambana.

Uyu mugore utavuzwe amazina yagize ati “Sinizeraga ibyo amaso yanjye yabonaga.bari bambaye ubusa hose bajya gusambanira munsi y’itara ryari hanze y’ishuli ribanza aho abantu bose bari guhita bari kubabona.Nabahamagaye ndababwira nti muri gukora ibiki?ntibanyitaho bakomeza gusambana bituma mpamagara abapolisi.

Uyu muhungu n’umukobwa bamaze iminota 20 basambana nkuko amashusho uyu mugore yahaye ibinyamakuru yabyerekanye gusa ntabwo amazina yabo aramenyekana.


Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa