skol
fortebet

Umusore w’imyaka 25 yambitse impeta umukecuru w’imyaka 74 umwibutsa nyirakuru AMAFOTO]

Yanditswe: Tuesday 16, Aug 2022

featured-image

Sponsored Ad

Umusore n’umukecuru umurusha imyaka 47 y’amavuko bavuga ko biyemeje kwereka isi yose ko urukundo nta mipaka rugira bagashyingiranwa mu mategeko.
Nubwo uyu musore ari muto cyane ugereranyije na bamwe mu buzukuru b’uyu mukecuru,yarenze iby’imyaka yiyemeza kumugira umugore ku mugaragaro
Kathi Jenkins w’imyaka 74, yahuye na Devaughn Aubrey w’imyaka 27 bahuje kuba bakomoka muri Texas, muri Amerika, ku rubuga rukomeye rushakirwaho abashaka gusambana rwa Adult Friend Finder.
Nubwo uru rubuga (...)

Sponsored Ad

Umusore n’umukecuru umurusha imyaka 47 y’amavuko bavuga ko biyemeje kwereka isi yose ko urukundo nta mipaka rugira bagashyingiranwa mu mategeko.

Nubwo uyu musore ari muto cyane ugereranyije na bamwe mu buzukuru b’uyu mukecuru,yarenze iby’imyaka yiyemeza kumugira umugore ku mugaragaro

Kathi Jenkins w’imyaka 74, yahuye na Devaughn Aubrey w’imyaka 27 bahuje kuba bakomoka muri Texas, muri Amerika, ku rubuga rukomeye rushakirwaho abashaka gusambana rwa Adult Friend Finder.

Nubwo uru rubuga rudashakirwaho abashaka gukundana, bombi barahuye biyemeza kumenyana uko byagenda kose.

Umubano wa Kathi na Devaughn warenze cyane uwo guhuza ibitsina birangira aba bombi bakundanye ndetse biyemeza no kurushinga.

Kubera ko aba bombi bamaze umwaka urenga bakundana, Devaughn yavuze ko azi neza ko uyu mukecuru w’imyaka 74 ari we umukwiriye.

Ati: "Twahuriye ku rubuga rwa AFF,nta numwe muri twe washakaga umubano uhambaye

Naguye ku ifoto igaragaza ibere rye. Nasomye umwirondoro we ndamwandikira nzi koko atansubiza, nawe yari kumurongo ahita ansubiza.

"Namusabye nimero ye arayimpa nawe ahita ambaza uko umunyamuryango wanjye ungana, maze tuganira gato muri iryo joro."

Aba bombi bavuganye amezi ane mbere yo guhura, kuko kugera kwa Kathi byasabaga uyu musore kugenda amasaha abiri.

Aba bombi baje guhura bahuza urugwiro ndetse uko barushijeho kumenyana birangira biyemeje kurushinga.

Kathi mbere yagize umubano muremure n’umugabo ariko ntabwo bigeze basezerana mu mategeko.

Ubu yahawe ikiruhuko cy’izabukuru, afite abana bane, abuzukuru 13, abuzukuruza 36 n’ubuvivi bumwe.

Uyu musore we yakoraga mu bubiko bw’isoko gusa nta mwana afite nubwo yigeze gushaka umugore bagatandukana.

Uyu musore yemeye ko umubano we n’uyu mukecuru utandukanye n’uwe n’umugore yigeze kugira mbere.

Yagize ati: “Aratunganye kuri njye kandi ni inararibonye mu buzima kandi anyigisha byinshi. Ntabwo dushobora kurwana, dushobora guhora tuganira tudakankamirana kandi ndamwizeye byimazeyo. ”

Yongeyeho ko kimwe mu bintu byatumye akunda Kathi ari urwenya rwe ndetse n’imiterere ye, yongeraho ati: “Aririmba neza kandi azi indirimbo nyinshi za kera zinyibutsa ibintu nyogokuru yakundaga kandi azi byinshi ku bahanzi nyogokuru yakundaga.

Ndakeka nkunda imyaka afite kuko nkunda abagore bakuze cyangwa abakecuru ntitaye kubyo bakeneye nibyo batunze. Sinigeze ndushywa nibyo. "


Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa