skol
fortebet

Umusore w’umunya Uganda yasabye Leta uruhushya rwo kugerageza Misile yikoreye

Yanditswe: Monday 28, Feb 2022

featured-image

Sponsored Ad

Umugabo ukomoka muri Uganda yasabye Guverinoma y’igihugu cye kumwemerera kugerageza misile yakoreye mu karere k’iwabo ndetse yemeza ko ashobora no gukora imbunda irekura amabombe yitwa rocket launcher.
Anatoli Kiiiza, umusore w’imyaka 32 ukomoka mu gihugu cy’abaturanyi cya Uganda, yasabye guverinoma ya Uganda iyobowe na Perezida Yoweri Museveni ngo imwemerere kugerageza misile yikoreye.
Mu mwaka wa 2016, nabwo yasabye Guverinoma kumwemerera gukora ’isuzuma kuri misile ye " ariko imbaraga ze (...)

Sponsored Ad

Umugabo ukomoka muri Uganda yasabye Guverinoma y’igihugu cye kumwemerera kugerageza misile yakoreye mu karere k’iwabo ndetse yemeza ko ashobora no gukora imbunda irekura amabombe yitwa rocket launcher.

Anatoli Kiiiza, umusore w’imyaka 32 ukomoka mu gihugu cy’abaturanyi cya Uganda, yasabye guverinoma ya Uganda iyobowe na Perezida Yoweri Museveni ngo imwemerere kugerageza misile yikoreye.

Mu mwaka wa 2016, nabwo yasabye Guverinoma kumwemerera gukora ’isuzuma kuri misile ye " ariko imbaraga ze ntizatanga umusaruro kuko yafunzwe inshuro 7.

Avuga ko ashobora no gukora ubwoko bw’imbunda bukomeye.



Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa