skol
fortebet

Umwana w’imyaka 9 yatoraguye igisasu cyarashwe mu ntambara y’isi nticyaturika akizana mu rugo

Yanditswe: Sunday 09, Jan 2022

featured-image

Sponsored Ad

Umuhungu w’imyaka icyenda wari uri gushaka ibyuma hafi y’iwabo kuri Noheri yatoraguye igiturika kidasanzwe mu rugo, igisasu cyatewe mu ntambara ya mbere yisi yose ariko nticyaturika.
Ubwo uyu mwana witwa William Hartley yerekaga sekuru Nick icyo kintu,yabonye ko ari iki gisasu cyo mu ntambara ya mbere y’isi yose ari nabwo uyu mwana yiyemeje kujya kucyereka se.
Ariko umuturanyi umwe yagize impungenge asaba umuryango we guhamagara bategura ibisasu.
Se w’uyu mwana yagize ati: “Rukuruzi ifata (...)

Sponsored Ad

Umuhungu w’imyaka icyenda wari uri gushaka ibyuma hafi y’iwabo kuri Noheri yatoraguye igiturika kidasanzwe mu rugo, igisasu cyatewe mu ntambara ya mbere yisi yose ariko nticyaturika.

Ubwo uyu mwana witwa William Hartley yerekaga sekuru Nick icyo kintu,yabonye ko ari iki gisasu cyo mu ntambara ya mbere y’isi yose ari nabwo uyu mwana yiyemeje kujya kucyereka se.

Ariko umuturanyi umwe yagize impungenge asaba umuryango we guhamagara bategura ibisasu.

Se w’uyu mwana yagize ati: “Rukuruzi ifata ibyuma nicyo kintu cya mbere yashakaga kuri Noheri, kandi yifuzaga cyane kugikoresha.

Bari bagiye ahari umuyoboro,anyohererezaga amashusho y’ibintu bimwe na bimwe yari yafashe.

Noneho yahise ampamagara ambwira ko azanye ikintu mu rugo ariko adashobora kukizana mu nzu.

Twategerereje hanze tumubona afite iki gisasu nibaza ukuntu yashoboye kukizana mu rugo! Byarantunguye rwose. ”

Andrew yashyize iki gisasu mu igaraje y’inzu ye i Lancaster mbere yuko hahamagarwa itsinda rya Royal Logistics Corps Army Bombosal Team i Chester.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa