skol
fortebet

Umwana yavukanye imitwe itatu bahita batangira kumusenga nk’Imana

Yanditswe: Wednesday 14, Jul 2021

featured-image

Sponsored Ad

Umugore wo mu Buhinde ahitwa Uttar Pradesh,yaciye ibintu hirya no hino ku isi nyuma yo kubyara umwana ufite imitwe 3 benshi bagahita bamufata nk’imana bakamusenga.
Nyuma y’aho uyu mwana avutse kuwa 12 Nyakanga,abantu batandukanye baturutse hirya no hino batangira kumusenga.
Madamu Ragini wabyaye uyu mwana yavuze ko yatwite uyu mwana mu buryo busanzwe ndetse nta kibazo yigeze agira ariyo mpamvu benshi bagiye mu rujijo.
Amafoto n’amashusho yashyizwe hanze,yagaragaje abantu bari kugerageza (...)

Sponsored Ad

Umugore wo mu Buhinde ahitwa Uttar Pradesh,yaciye ibintu hirya no hino ku isi nyuma yo kubyara umwana ufite imitwe 3 benshi bagahita bamufata nk’imana bakamusenga.

Nyuma y’aho uyu mwana avutse kuwa 12 Nyakanga,abantu batandukanye baturutse hirya no hino batangira kumusenga.

Madamu Ragini wabyaye uyu mwana yavuze ko yatwite uyu mwana mu buryo busanzwe ndetse nta kibazo yigeze agira ariyo mpamvu benshi bagiye mu rujijo.

Amafoto n’amashusho yashyizwe hanze,yagaragaje abantu bari kugerageza kumwitaho kugira ngo iyi mitwe ye itamubangamira cyangwa se ikagira ikibazo.

Imitwe ye 2 iteye ku mutwe we wa mbere ndetse nayo ubwayo ifite imisatsi.

Umubyeyi n’umwana bamaze gusezererwa mu bitaro ndetse ubu bari mu rugo.Ababyeyi bombi b’uyu mwana babanje kwanga ko abantu basura uyu mwana we.

Abaturage bavuze ko uyu mwana ari imana yaje mu isura nshya byatumye batangira kumusenga ndetse bahuruza n’abandi.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa