skol
fortebet

Umwarimukazi ufite imiterere idasanzwe yatigishije isi yose [AMAFOTO]

Yanditswe: Thursday 29, Oct 2020

Sponsored Ad

Umwarimukazi wo mu gihugu cya Afurika y’Epfo witwa Lulu Menziwa yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga kubera imiterere ye by’umwihariko ikibuno cye kinini.

Sponsored Ad

Uyu mwarimukazi washyize kuri Instagram amafoto ye,yatumye benshi bacika ururondogoro bavuga ko nta mwarimu uteye gutyo ahubwo afite indi mirimo akora.

Uyu mwarimukazi ntiyigeze asubiza abafana be gusa bo bakomezaga kuvuga ko nta mwarimukazi waba uteye neza nkawe ngo ahame muri ako kazi cyane ko ngo abagabo benshi muri Afurika bakunda abagore bafite ikibuno kinini.

Abandi bamunenze bikomeye bavuga ko iyi myambarire idakwiriye umwarimukazi kuko yarangaza abo arera bigatuma badakurikira amasomo uko bikwiriye.

Igihugu cya Afurika y’Epfo gikomeje kuvugwa cyane mu kugira umubare munini w’abanduye n’abishwe na Covid-19 nubwo kiri mu byashyizeho ingamba zikarishye za Guma mu rugo.

Muri Mata uyu mwaka,Polisi y’Afurika y’epfo yataye muri yombi abageni n’abashyitsi babo bose bashinjwa kurenga ku mategeko akarishye y’ibihe bidasanzwe kubera coronavirus.

Ubukwe bwabo bwabereye mu ntara ya KwaZulu-Natal.Videwo y’itabwa muri yombi ryabo yatangajwe ku mbuga nkoranyambaga.

Uwo mugeni yagaragaye yinjira mu myanya y’inyuma mu modoka y’ivani ya polisi, akiri mu ikanzu ye y’ubugeni y’umweru.

Umugabo we wambaye ’costume’ y’ubururu yagaragaye amufasha kwinjiza neza mu modoka igice cyo hasi cy’ikanzu kigenda cyikurura hasi.

Amakuru yavuze ko polisi yabimenye nyuma y’aho umuturage ayihamagaye akayiha amakuru kuri ubwo bukwe.

Polisi n’abasirikare bahagaritse ubwo bukwe bwaberaga mu cyaro cyo mu ntara ya KwaZulu-Natal banata muri yombi abantu 53.





Ibitekerezo

  • Ebana najyendumunyeshuriwiwe sinakurikira ibyo abwira ahubwonakurikira uko ateye

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa