skol
fortebet

VIDEO-Basa nkaho bari gusambanira Muruhame muri Pisine y’i Kigali yavugishije benshi abandi baratabaza

Yanditswe: Friday 10, Dec 2021

featured-image

Sponsored Ad

Amashusho yasakaye kumbuga nkoranyambaga, y’Umusore n’Inkumi basa naho bari guterera akabariro muri imwe muri Pisine ya Hoteli ikomeye hano i Kigali yatumye bensho bibaza byinshi ndetse bamwe bagahamya ko barengereye kuko Urwo rwogero rwari rurimo nabandi bantu benshi.

Sponsored Ad

REBA VIDEO HANO BASA NAHO BARI GUSAMBANIRA MURI PISINE

Ni amashusho atageze kumunota yasakajwe kumbuga nkoranyambaga byumwihariko twitter, agaragaza umusore yinjiye mumaguru y’Umukobwa akajya yinyeganyeza nkuri mu gikorwa cyo gutera akabariro ndetse yanapfutse umunwa umukobwa ngo akaruru katagera kure.
Iyi video imaze kujya hanze, benshi bibazaga ku hazaza hurubyiruko rw’u Rwanda, abandi bakagereranya ibiri kubera i Kigali bikozwe nurubyiruko ko ari ibya sodoma na Gomora. ibi babishingira kubintu byinshi bimaze igihe bigaragara i Kigali.

zimwe mungero bashingiraho, Umwaka washize, abakobwa bagera kuri 3 bagiye imbonankubone (Live) kuri instagram bakuramo utwenda twimbere two hasi, maze bereka ababakurikiye ibitsina byabo, mbere yaho gato umuhanzikazi Sanny uzwi mundirimbo Kungora yafatanije na Bruce Melody, nawe yakoze nkibyo gusa we yerekanye igice kimwe kigitsina cye maze arangije afata ikirahure yarari kunyweramo agasembuye agishyira Mukibuno acinya akadiho. uyu mwaka kandi uwitwa Fofo Dancer uzwi cyane muri cinema ndetse no kumbuga nkoranyambaga, nawe yagiye imbonankubone (Live) kuri Instagram maze arikinisha karahava. muminsi ishize kandi, umuhanzikazi ugezweho muriyi minsi witwa Ariel Wayz yashize hanze amafoto agaragaza amabere ye yose gusa yapfutse imoko benshi basa nabatunguwe.

Ibi bikorwa akenshi bamwe babikora batabiteguye bakabikoreshwa n’Inzoga abandi bakabikora babishaka bakoa icyo bita ’Gutwika’.
Gusa kuri aba bafashwe amashusho ntago kwari ugutwika ahubwo nabo ibyo bakoraga bakekaga ko ntawubitayeho. benshi mubabonye iyi video kumbuga nkoranyambaga batabazaga inzego zibishinzwe gukora iperereza bariya bombi bakabihanirwa. ingingo bashingiragaho bavugaga ko muri ruriya rwogero hagize umukobwa cyangwa umugore ujya kuhogera ari mugihe cy’uburumbuke hanyuma ashobora kuhatwarira inda atabiteguye.

Ikindi ni uko urwo rwogero rukoreshwa ningeri zitandukanye zabantu harimo n’Abana. bityo ko batakagombye kubireberera.
Gusa muri aya mashusho ntago mumaso haba bombi hagaragara kuko umusore aba ateye umugongo uwamufashe aya mashusho, ndetse mumaso humukobwa naho haba hakingirijwe nuyu musore.

Itegeko rihana ibyaha n’ibihano muri rusange ryo mu rwanda, rivuga ko, umuntu wese ukora ibiteye isoni muruhame aba akoze icyaha.iyo abihamijwe n’Urukiko ahanishwa igihano k’igifungo kitari munsi y’amezi atandatu ariko kitarenze imyaka ibiri.
REBA VIDEO HANO BASA NAHO BARI GUSAMBANIRA MURI PISINE

Ibitekerezo

  • Namwe abanyamakuru mumenye gukoresha imvugo ikwiye: gusambana no gutera akabariro biratandukanye. Akabariro gaterwa n’abashakanye byemewe n’amategeko. Ibindi ni ubusambanyi buhanwa n’amategeko y’Imana n’ay’abantu. Full stop!

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa