skol
fortebet

Wa mugore ubyibushye cyane yatandukanye n’umusore ufite ubumuga bakundanaga

author-image

Yanditswe na: Dusingizimana Remy
Kuwa: Sunday 25, Jul 2021

Wa mugore ubyibushye cyane yatandukanye n'umusore ufite ubumuga bakundanaga

Sponsored Ad

skol

Umunyamideli ukomoka muri Cote d’Ivoire witwa Eudoxie Yao yatandukanye n’umuhanzi wo muri Gambia witwa Grand P ufite ubumuga bw’imikurire bari bamaze iminsi baca ibintu ku mbuga nkoranyambaga.
Abantu benshi bacitse ururondogoro kubera urukundo rw’aba bantu batandukanye mu ngano aho abantu bashinjaga uyu mukobwa gukurikira amafaranga y’uyu muhanzi.
Eudoxie Yao yagiye ahangana n’abantu ababwira ko urukundo akunda Grad P ari urw’ukuri ndetse atamukurikiyeho amafaranga.
Uyu mugore (…)

Umunyamideli ukomoka muri Cote d’Ivoire witwa Eudoxie Yao yatandukanye n’umuhanzi wo muri Gambia witwa Grand P ufite ubumuga bw’imikurire bari bamaze iminsi baca ibintu ku mbuga nkoranyambaga.

Abantu benshi bacitse ururondogoro kubera urukundo rw’aba bantu batandukanye mu ngano aho abantu bashinjaga uyu mukobwa gukurikira amafaranga y’uyu muhanzi.

Eudoxie Yao yagiye ahangana n’abantu ababwira ko urukundo akunda Grad P ari urw’ukuri ndetse atamukurikiyeho amafaranga.

Uyu mugore yatunguranye avuga ko yatandukanye na Grand P.Ati “Ndashaka kubamenyeshako umubano wanjye na Grand P warangiye.Nahisemo gukomeza,murakoze.”

Amakuru avuga ko uyu Eudoxie Yao yarakajwe no kumenya ko uyu Grand P yamuciye inyuma nubwo bose batarabyemeza.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Muri bande?



Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa