skol
fortebet

Yafunzwe azira gukubita umukobwa akamwangiza amuziza kuvugana n’umukunzi we

Yanditswe: Wednesday 19, Jan 2022

featured-image

Sponsored Ad

Umubyeyi ufite abana babiri yagize ishyari afata umukobwa yabonanye n’umukunzi we amukubita umutwe hasi nyuma yo kumushinja gushaka kumutwara.
Charlene Gregory w’imyaka 40, yahuriye na Oceania Armitt w’imyaka 20 y’amavuko hanze y’iduka nyuma y’uko mugenzi we amubwiye ko hari umukobwa ukiri muto uri kubwira ’’ amagambo yerekeye ibitsina ’’ umukunzi we.
Muri icyo gitero, Gregory yamubajije ati: ’Kuki ureba umukunzi wanjye’ ’mbere yo kumukurura amutura hasi ubwo uwahohotewe yageragezaga kugenda.
Uyu (...)

Sponsored Ad

Umubyeyi ufite abana babiri yagize ishyari afata umukobwa yabonanye n’umukunzi we amukubita umutwe hasi nyuma yo kumushinja gushaka kumutwara.

Charlene Gregory w’imyaka 40, yahuriye na Oceania Armitt w’imyaka 20 y’amavuko hanze y’iduka nyuma y’uko mugenzi we amubwiye ko hari umukobwa ukiri muto uri kubwira ’’ amagambo yerekeye ibitsina ’’ umukunzi we.

Muri icyo gitero, Gregory yamubajije ati: ’Kuki ureba umukunzi wanjye’ ’mbere yo kumukurura amutura hasi ubwo uwahohotewe yageragezaga kugenda.

Uyu mugore yafashe Armitt amukubita hasi,isura ye ayikubita mu muhanda byatumye abyimba umutwe.

Urukiko rwumvise ko Gregory, ukomoka i Macclesfield, muri Cheshire, atagize amahirwe mu rukundo n’abakunzi batandukanye yagize harimo umwe wamukubise ajya muri gereza.

Imbere y’abacamanza bo mu rukiko rwa Stockport, Gregory wemeye ko yakubise uyu mugenzi we ndetse ategekwa kwishyura Armitt indishyi y’amapawundi 250.

Yakatiwe kandi igifungo cy’ibyumweru umunani muri gereza,anahabwa igisubitse cy’amezi 18.

Ibi byabaye ku ya 25 Gashyantare umwaka ushize nyuma yuko Miss Armitt akubiswe yagiye kugura ibiribwa.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa