skol
fortebet

Yaguye ku iseta amaze kwibagisha ashaka ubwiza bukurura abagabo

author-image

Yanditswe na: Rebecca UFITAMAHORO
Kuwa: Tuesday 18, Jul 2023

Yaguye ku iseta amaze kwibagisha ashaka ubwiza bukurura abagabo

Sponsored Ad

skol

Umugore ukomoka muri Nigeria w’imyaka 28 uzwi ku izina rya Amelia Pound yapfuye mu buryo bubabaje ubwo yari arimo kwibagisha kugira ngo abe mwiza.
Uyu mugore wari wiyemeje kureba uko yagira ikibuno kinini n’ibindi bic by’umubiri bikurura abagabo,yapfiriye mu Buhindi ubwo yari ku iseta abagwa.
Nk’uko amakuru yagiye hanze abitangaza, uyu mugore w’imyaka 28 ni icyamamare ku mbuga nkoranyambaga akaba n’umucuruzi ukomeye muri Nigeria. Yapfiriye i New Delhi, mu Buhinde azize ibibazo byaje (…)

Umugore ukomoka muri Nigeria w’imyaka 28 uzwi ku izina rya Amelia Pound yapfuye mu buryo bubabaje ubwo yari arimo kwibagisha kugira ngo abe mwiza.

Uyu mugore wari wiyemeje kureba uko yagira ikibuno kinini n’ibindi bic by’umubiri bikurura abagabo,yapfiriye mu Buhindi ubwo yari ku iseta abagwa.

Nk’uko amakuru yagiye hanze abitangaza, uyu mugore w’imyaka 28 ni icyamamare ku mbuga nkoranyambaga akaba n’umucuruzi ukomeye muri Nigeria. Yapfiriye i New Delhi, mu Buhinde azize ibibazo byaje nyuma yo kubagwa yongeresha umubiri we.

Bivugwa ko Amelia Pound yapfuye ubwo yari amaze kubagwa mu bitaro bitavuzwe amazina.

Nubwo icyateye ingorane zamuviriyemo urupfu kitasobanuwe neza, videwo yakwirakwijwe kuri interineti yerekanye umurambo w’uyu mukobwa uri ku buriri bw’ibitaro.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Muri bande?



Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa