skol
fortebet

Yaguze indaya ayigejeje mu rugo asanga n’umugabo amuha isomo [AMAFOTO]

Yanditswe: Wednesday 11, May 2022

featured-image

Sponsored Ad

Umugabo wari wagiye mu kabyiniro nijoro yihinduye umukobwa kugira ngo atware amafaranga abagabo bagenzi be yafashwe arakubitwa birenze.
Nk’uko byatangajwe n’umwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga,uyu mugabio wari wihinduye umukobwa yakunzwe n’undi mugabo bahuriye mu kabari amujyana mu rugo amuguze nk’indaya kugira ngo bishimane ijoro ryose, yibwira ko ari umudamu.
Nyuma yo kugera mu rugo, batangiye gusomana no gutegurana nk’abitegura gutera akabariro hanyuma uyu mugabo wiyoberanyije asabwe ko (...)

Sponsored Ad

Umugabo wari wagiye mu kabyiniro nijoro yihinduye umukobwa kugira ngo atware amafaranga abagabo bagenzi be yafashwe arakubitwa birenze.

Nk’uko byatangajwe n’umwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga,uyu mugabio wari wihinduye umukobwa yakunzwe n’undi mugabo bahuriye mu kabari amujyana mu rugo amuguze nk’indaya kugira ngo bishimane ijoro ryose, yibwira ko ari umudamu.

Nyuma yo kugera mu rugo, batangiye gusomana no gutegurana nk’abitegura gutera akabariro hanyuma uyu mugabo wiyoberanyije asabwe ko bakora imibonano mpuzabitsina,ubwoba buramutaha niko gukekwa.

Yanze gukuramo ipantaro maze avuga ko bakorakorana gusa.

Uwari waguze indaya yavumbuye ko yatekewe umutwe ubwoyacanaga amatara akabona yazanye umugabo.

Ibiintu byahise biba bibi cyane,bombi barashwana birangira bakozanyijeho.

Nyuma uyu nyiri urugo yahise afata uyu mugabo wari wihinduye umugore amuha abashinzwe irondo baramukubita karahava.

uwo mugabo wihinduye umugore ngo yitwa Terdue akomoka ahitwa Konshisha muri leta ya Benue yo mu gihugu cya Nigeria.


Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa