skol
fortebet

Yahuye n’uruva gusenya azira kubyarana n’Umwarabu

Yanditswe: Friday 29, Jul 2022

featured-image

Sponsored Ad

Umukobwa w’imyaka 29 ukomoka mu Ntara ya Siaya muri Kenya ari mu gahinda kenshi nyuma yo kwirukanwa n’umuryango we nyuma yo kuva gushakira ubuzima mu Barabu.
Uyu mudamu ufite agahinda witwa Anna, yavuye muri Kenya yerekeza muri Saudi Arabia gukora akazi ko mu rugo.
Nyuma yo gukora amezi 7, bivugwa ko yasambanijwe na shebuja.
Nyuma yaje kwirukanwa aho yakoraga amaze gutwita.
Nyuma yaje kubyara umwana ufite ishusho y’Abarabu nyuma yo gusubira iwabo.
Umuryango we wahise umwirukana hamwe (...)

Sponsored Ad

Umukobwa w’imyaka 29 ukomoka mu Ntara ya Siaya muri Kenya ari mu gahinda kenshi nyuma yo kwirukanwa n’umuryango we nyuma yo kuva gushakira ubuzima mu Barabu.

Uyu mudamu ufite agahinda witwa Anna, yavuye muri Kenya yerekeza muri Saudi Arabia gukora akazi ko mu rugo.

Nyuma yo gukora amezi 7, bivugwa ko yasambanijwe na shebuja.

Nyuma yaje kwirukanwa aho yakoraga amaze gutwita.

Nyuma yaje kubyara umwana ufite ishusho y’Abarabu nyuma yo gusubira iwabo.

Umuryango we wahise umwirukana hamwe n’abandi bana be batatu none ubu nta ho kuba afite.

Inkuru ye ibabaje yasangijwe kuri Facebook n’umuntu uharanira uburenganzira bwa muntu, wasabye abagiraneza kumufasha.

Uyu mukobwa wabyariye iwabo yagiye kwaka icumbi mu buyobozi nyuma y’aho agiye gushaka umwe mubo bafitanye isano nawe akamubura.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa