skol
fortebet

Yahuye n’uruva gusenya nyuma yo gutera akabariro n’abakobwa 3 bicuruza

Yanditswe: Tuesday 10, May 2022

featured-image

Sponsored Ad

Ubwoba bwafashe abakora muri motel nyuma y’aho umugabo yasohokanye indaya 3 bakora imibonano mpuzabitsina hanyuma birangiye ananirwa kugenda no guhagarara.
Muri videwo yakwirakwijwe cyane kuri interineti, umwe mu bakozi bo kuri motel imwe yo muri Nigeria yagaragaye afasha uyu mugabo guhaguruka nyuma yo gusambanya aba bakobwa 3 bicuruza abasimburanya bikarangira bamumazemo imbaraga kugeza ubwo yananiwe guhagarara.
Uyu mugabo utamenyekanye amazina yarwanye no guhagarara biranga kuko uko (...)

Sponsored Ad

Ubwoba bwafashe abakora muri motel nyuma y’aho umugabo yasohokanye indaya 3 bakora imibonano mpuzabitsina hanyuma birangiye ananirwa kugenda no guhagarara.

Muri videwo yakwirakwijwe cyane kuri interineti, umwe mu bakozi bo kuri motel imwe yo muri Nigeria yagaragaye afasha uyu mugabo guhaguruka nyuma yo gusambanya aba bakobwa 3 bicuruza abasimburanya bikarangira bamumazemo imbaraga kugeza ubwo yananiwe guhagarara.

Uyu mugabo utamenyekanye amazina yarwanye no guhagarara biranga kuko uko yabigerageza yahitaga yikubita hasi kubera umunaniro yatewe no gutera akabariro n’abo bakobwa 3.

Mu gihe abandi bakozi bamusekaga,umwe yahise amuha intebe yo kwicaraho mbere y’uko bamuzanira amazi asuka mu mutwe kugira ngo amufashe kugarura ubuyanja.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa