skol
fortebet

Yajyanwe kwa muganga igitaraganya nyuma y’uko ikintu yakoreshaga yikinisha kimwinjiye mu mubiri

Yanditswe: Thursday 31, Mar 2022

featured-image

Sponsored Ad

Umugore yahise ajyanwa mu bitaro igitaraganya nyuma yo kwikinisha hanyuma igikinisho yakoreshaga cya santimetero 20 kikamuheramo z
Brittany, ukomoka muri Alabama, muri Amerika, yemeye ko "yari yarabaswe no kwikinisha" nyuma yo kubura umukunsi imyaka itatu maze atangira kwitabaza ibikinisho by’ibitsina.
Abinyujije mu nkuru ya Stuck,yagize ati: "Natumije igikinisho [vibrator],gifite imibyimba y’ibibyimba.Cyari gisa nk’ubururu kandi cyari gifite imibyimba itatu hamwe na vibrateri nkeya. (...)

Sponsored Ad

Umugore yahise ajyanwa mu bitaro igitaraganya nyuma yo kwikinisha hanyuma igikinisho yakoreshaga cya santimetero 20 kikamuheramo z

Brittany, ukomoka muri Alabama, muri Amerika, yemeye ko "yari yarabaswe no kwikinisha" nyuma yo kubura umukunsi imyaka itatu maze atangira kwitabaza ibikinisho by’ibitsina.

Abinyujije mu nkuru ya Stuck,yagize ati: "Natumije igikinisho [vibrator],gifite imibyimba y’ibibyimba.Cyari gisa nk’ubururu kandi cyari gifite imibyimba itatu hamwe na vibrateri nkeya. Byaranshimishije cyane, nkimara kukibona ku iposita,nahise mvuga nti ’Ok, birarangiye njya kwiyuhagira."

Uyu mukobwa yavuze ko ubwo yarimo kwikinisha yaryihewe hanyuma yibagirwa ko ari igikinisho ari gukoresha kimwinjiramo kijya kure mu mubiri imbere cyane ko yakinyuzaga mu kibuno.

Yavuze ko iki gikinisho cya vibrateri cyinjiye mu kibuno ku buryo yumvaga "cyinyeganyeza" mu mugongo.

Brittany nta kundi yari kubigenza uretse guhamagara serivisi z’ubutabazi maze yoherezwa kwa Dr George Crawford, watangajwe nibyo yabonye akibona uyu mukobwa.

Dr Crawford yavuze ko iki gikinisho uyu mukobwa yakoresheje cyahise gifunga inzira imyanda ituruka mu mubiri icamo ku buryo atari gushobora kongera kwiherera.

Uyu muganga yakoresheje ibyuma bimeze nk’amapensi akurura iki gikinisho kirasohoka.

Uyu muganga yavuze ko uyu mukobwa yagize amahirwe iki gikinisho ntikigere kure kuko byari kumugiraho ingaruka zirenze.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa