Yanze kwiyogoshesha umusatsi kuri buri gice cye cy’umubiri none bisigaye bimwinjiriza akayabo ku kwezi[AMAFOTO]
Yanditswe: Sunday 17, Apr 2022

Umugore witwa Candace Cynthia w’imyaka 32, yahisemo guhagarika kwiyogosha muri 2018 nyuma yo gufatwa n’indwara imutera guhangayika, ariko ibi byamubyariye akazi kamwinjiriza amafaranga menshi bidasanzwe.
Uyu mugore yinjiza amafaranga menshi buri kwezi kubera kugurisha amafoto ye yerekana ubwoya bwe bwo mu kwaha kwe, n’abandi bugaragara ku mubiri we abinyujije kuri konti ye yafunguye kuri Onlyfans. Candace Cynthia yahisemo gucukura urwembe mu 2018 nyuma yo gufatwa n’indwara imutera gusinzira (...)
Umugore witwa Candace Cynthia w’imyaka 32, yahisemo guhagarika kwiyogosha muri 2018 nyuma yo gufatwa n’indwara imutera guhangayika, ariko ibi byamubyariye akazi kamwinjiriza amafaranga menshi bidasanzwe.
Uyu mugore yinjiza amafaranga menshi buri kwezi kubera kugurisha amafoto ye yerekana ubwoya bwe bwo mu kwaha kwe, n’abandi bugaragara ku mubiri we abinyujije kuri konti ye yafunguye kuri Onlyfans.
Candace Cynthia yahisemo gucukura urwembe mu 2018 nyuma yo gufatwa n’indwara imutera gusinzira cyane kandi akananirwa cyane.
Candace ukomoka ahitwa New Brunswick, muri Kanada, yavuze ko yifuzaga cyane kuzigama ingufu ze,kandi ko nta byishimo yabonye mu kogosha umusatsi uwo ariwo wose wo ku mubiri we.
Ikinyamakuru Mirror kivuga ko ubu, uyu mugore ashobora kwinjiza amadolari arenga 20.000 ku mwaka, ahwanye n’amapawundi 1.000 ku kwezi, agurisha amafoto agaragaza ubwoya ku mubiri we.
Yagize ati: “Igihe bansuzumaga bakansangana indwara ya narcolepsy, byabaye ngombwa ko nshakisha icyantunga maze mpitamo aho nshyira ingufu.
Nkunze kunanirwa cyane ku buryo kogosha umubiri wanjye wose byantwara imbaraga nyinshi. Kogosha ntabwo byigeze bimpa umunezero, ntabwo byamfashaga kuko numvaga ndushye nyuma.
Nabonye ko nabikoraga kugira ngo mpumurize abandi bantu. Mu mizo ya mbere, nari mfite ubwoba bwo gusohoka mu ruhame n’amaguru yuzuyeho ubwoya n’amaboko ariko ubu nkunda kubikora. ”
Yagize ati: “Abagabo bamwe banga gutunga umusatsi kuko baba batirekuye ariko nasanze bamwe bakururwa nawo, bawukunda kandi bawemera.
Kugurisha amafoto y’amaguru n’amaboko byanjye byuzuye ubwoya nambaye bikini ubu n’isoko inyinjiriza amafaranga. Ntabwo nahagarika igitekerezo cyo kuzogosha ariko birantunze ubu.”
Sorce:mirror.com
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *