skol
fortebet

Yatawe n’umugore kubera kurya ihene n’ibiro 2 by’umuceri ku ifunguro rimwe

Yanditswe: Sunday 17, Jul 2022

featured-image

Sponsored Ad

Umugabo wo muri Tanzaniya urya ibilo 2 by’umuceri n’ihene yose mu ifunguro rimwe yatangaje ko umugore we yamutaye kuko arya byinshi.
Saidi Msosi, uherutse gutsinda amarushanwa yiswe Tonge nyama muri Morogoro, yasize abafana bumiwe nyuma yo kurya amafi 40 mu minota 20 gusa.
Mu kiganiro na Millard Ayo, Bwana Msosi yavuze ko yagishije inama umuganga amubwira ko afite igifu kinini cyane kandi ko bitandukanye n’abantu basanzwe, buri gihe agomba kurya byinshi.
Ati: "Nariye amafi 40 yumye mu (...)

Sponsored Ad

Umugabo wo muri Tanzaniya urya ibilo 2 by’umuceri n’ihene yose mu ifunguro rimwe yatangaje ko umugore we yamutaye kuko arya byinshi.

Saidi Msosi, uherutse gutsinda amarushanwa yiswe Tonge nyama muri Morogoro, yasize abafana bumiwe nyuma yo kurya amafi 40 mu minota 20 gusa.

Mu kiganiro na Millard Ayo, Bwana Msosi yavuze ko yagishije inama umuganga amubwira ko afite igifu kinini cyane kandi ko bitandukanye n’abantu basanzwe, buri gihe agomba kurya byinshi.

Ati: "Nariye amafi 40 yumye mu minota 20. Natangiye kurya amasahane atatu kugeza kuri ane kugeza ngeze ku rwego rwo hejuru.Nagiye mu bitaro, umuganga ambwira ko igifu cyanjye ari kinini. "

Umugore we yaramusize kuko yari arambiwe guteka cyane. Yaryaga ibiro 3 by’umuceri n’inkoko ebyiri zose mu ifunguro rimwe, buri munsi.

Ati"Ndi umuseribateri, gusa nkoresha abakobwa bakiri bato ngo bantekere. Kuri ubu, ndi umuseribateri, sinshaka undi mugore."

Bwana Mossi ngo ashobora kurya kg 10 z’umuceri n’ihene yose mu ifunguro rimwe. Yatsinze amarushanwa menshi yo kurya. Ibi byamushoboje kugura isambu no kubaka inzu. Afite kandi moto ebyiri. Msosi ufite ibiro 72, yahakanye ibivugwa ko yakoresheje ubupfumu kugira ngo atsinde amarushanwa.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa