skol
fortebet

Yateye icyuma umugabo we asinziriye nyuma y’amezi abiri gusa babana

Yanditswe: Saturday 24, Dec 2022

featured-image

Sponsored Ad

Umugore wo muri Zambia witwa Elizabeth Mandiza w’imyaka 22arashinjwa gutera icyuma umugabo we bikamuviramo urupfu.
Uyu mugore ngo yahengereye umugabo we w’imyaka 29 witwa Henry Msoni asinziriye niko kumutera icyuma aramwica.
Amakuru aravuga ko uyu mugore yabitse inzika nyuma y’uko bari bamaze gushwana hanyuma aza gufunga icyumba uyu mugabo asinziriye niko kumwicisha icyuma.
Aba bombi bari bamaze amezi 2 bakoze ubukwe gakondo kandi uyu mugabo yari yaramukoye ibihumbi bisaga 600 FRW. (...)

Sponsored Ad

Umugore wo muri Zambia witwa Elizabeth Mandiza w’imyaka 22arashinjwa gutera icyuma umugabo we bikamuviramo urupfu.

Uyu mugore ngo yahengereye umugabo we w’imyaka 29 witwa Henry Msoni asinziriye niko kumutera icyuma aramwica.

Amakuru aravuga ko uyu mugore yabitse inzika nyuma y’uko bari bamaze gushwana hanyuma aza gufunga icyumba uyu mugabo asinziriye niko kumwicisha icyuma.

Aba bombi bari bamaze amezi 2 bakoze ubukwe gakondo kandi uyu mugabo yari yaramukoye ibihumbi bisaga 600 FRW.

Umukuru wa Polisi mu ntara y’Uburasirazuba bwa Zambia witwa Limpo Liywali,yavuze ko nyakwigendera yatewe icyuma mu gituza.

Uyu mugabo ngo yari asanzwe ari umuganga mu ivuriro ryigenga.
.

Ibitekerezo

  • ubuse koko zashaka koko ko nkomeje nguterwa ubwoba nabakuru banjye ibyo bari ngukirerwa ??????

    Birababajepe

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa