skol
fortebet

Yigize umugore utwite kugira ngo abone uko yiba mu isoko rikomeye [AMAFOTO]

Yanditswe: Friday 09, Dec 2022

featured-image

Sponsored Ad

Umukobwa ukiri muto yafashwe agerageza kwiba yambaye ikintu ku nda kigaragaza ko atwite kugira ngo abantu bamugirire impuhwe baze kumwibeshyaho.
Uyu mukobwa yafatiwe mu iduka rizwi cyane i Middelburg, Mpumalanga, Afurika y’Epfo ari kwiba nyuma yo kubeshya ko atwite.
Ntabwo hatanzwe ibisobanuro birambuye ku byabaye ariko amafoto yakwirakwjwe ku mbuga nkoranyambaga agaragaza uyu mukobwa amaze gufatwa n’ikintu yari yambaye kigaragaza ko atwite kandi abeshya.
Amaze gufatwa,ushinzwe umutekano (...)

Sponsored Ad

Umukobwa ukiri muto yafashwe agerageza kwiba yambaye ikintu ku nda kigaragaza ko atwite kugira ngo abantu bamugirire impuhwe baze kumwibeshyaho.

Uyu mukobwa yafatiwe mu iduka rizwi cyane i Middelburg, Mpumalanga, Afurika y’Epfo ari kwiba nyuma yo kubeshya ko atwite.

Ntabwo hatanzwe ibisobanuro birambuye ku byabaye ariko amafoto yakwirakwjwe ku mbuga nkoranyambaga agaragaza uyu mukobwa amaze gufatwa n’ikintu yari yambaye kigaragaza ko atwite kandi abeshya.

Amaze gufatwa,ushinzwe umutekano yakoze ku nda Asanga n’ikintu gikomeye uyu mukobwa yishyizeho agamije kubona uburyo ahisha byoroshye ibyo yibye.



Ibitekerezo

  • Ese wari uzi ko umuvuduko w’amaraso ukabije uvurwa ugakira ? (hypertension)

    #Umuvuduko w’amaraso ukabije ni uburwayi bukomeye,bukomeje guhitana abantu benshi muri iki gihe, akenshi umuntu ashobora kubana na wo nta kimenyetso cy’uburwayi agaragaza nyamara ingingo ze nyinshi zikaba zakwangirika.Ibyo bituma abantu bafite umuvuduko w’amaraso mwinshi bakunze kujya kwa Muganga bazanywe n’ibimenyetso by’ingaruka zawo, kandi barashoboraga kubyirinda iyo baza kwipimisha kare bakamenya uko bitwararika.

    Ese umuvuduko w’amaraso ni iki ?

    Umuvuduko w’amaraso ni ingufu amaraso agendana mu miyoboro yayo aribyo bituma abasha kugera mu bice bitandukanye by’umubiri. Ubusanzwe igipimo cyemewe ni 120/80 cg 12/8 aribyo byerekana ingufu ziba ziri mu mutima igihe wohereza amaraso mu bice bitandukanye by’umubiri, nizirimo umaze kuyohereza (aribyo bizwi nka systole/diastole).

    Iyo rero icyo gipimo cyarenze 140/90 cg 14/9 biba bivuze ko umuntu afite uburwayi bw’umuvuduko w’amaraso uri hejuru.Gusa nanone bemeza ko umuntu afite umuvuduko w’amaraso ukabije nyuma yo gupimwa inshuro nyinshi basanga uhora hejuru. Zimwe mu ngingo zibasirwa n’iyi ndwara ya hypertension ni amaso, umutima, ubwonko n’impyiko.

    Ese umuvuduko w’amaraso ukabije uterwa n’iki ?
    Hari impamvu nyinshi zishobora gutera umuvuduko ukabije, ariko cyane cyane imyitwarire yawe : uko ubaho, ibyo urya n’ibyo unywa biza ku mwanya wa mbere mu gutera iyi ndwara.

    Dore zimwe mu mpamvu zishobora kuyitera :
    * Ushobora kuyikomora ku babyeyi, cg indwara ikagenda iza uko ugenda ugana mu zabukuru (akenshi hejuru y’imyaka 45)

    * Kuba ufite ibiro byinshi cg ubyibushye bikabije.

    * Kunywa itabi : bimwe mu bigize itabi bizwiho kwangiza imijyana (udutsi duto cyane tuvana amaraso mu mutima tuyajyana mu bice bitandukanye by’umubiri) cyane. Itabi rituma imijyana iba mito cyane, bigatuma umuvuduko wiyongera.

    * Kunywa inzoga nyinshi.

    * Kurya umunyu mwinshi.

    * Kurya cyane ibiryo birimo amavuta menshi.

    * Kudakora imyitozo ngorora mubiri.

    * Guhora uhangayitse cyane bishobora gutuma amaraso yawe ahora ku muvuduko ukabije buri gihe.

    * Kuba urwaye indwara nka ; diyabete, impyiko, ndetse no kubura ibitotsi.

    * Ikoreshwa ry’imiti imwe n’imwe nk’ imiti iringaniza urubyaro, imiti y’ibicurane, imiti ifungura imyanya y’ubuhumekero, imiti ikiza ububare,……

    * Gukoresha ibiyobyabwenge bimwe na bimwe. Cocaine cg amphetamines zongera ku buryo bukomeye umuvuduko w’amaraso.

    Ese ni izihe ngaruka z’umuvuduko w’amaraso ukabije ?

    Umuvuduko ukabije w’amaraso ushobora kuwugendana nta kimenyetso na kimwe ubona. Ibi bikaba bituma yica uyifite itunguranye, ari byo bita tueur silencieux, mu rurimi rw’igifaransa kuko uyu muvuduko ushobora kwangiza nk’imitsi ijyana amaraso mu mutima, mu bwonko, ndetse no mu mpyiko, ariko nta kimenyetso cyari cyagaragara.

    Umuvuduko ukabije w’amaraso ushobora gutera indwara z’umutima. Iyo umuvuduko ukabije w’amaraso wangije imitsi y’amaraso yo mu bwonko, umuntu ashobora kuvira mu bwonko (hemorrhagie cerebral) ndetse akaba yahita agwa muri koma, kimwe n’uko ashobora guhita apfa, ari byo bita accident vasculaire cerebral (AVC) mu rurimi rw’igifaransa.

    Ese waba uzi imiti yakuvura iyi ndwara ?

    Ubundi iyi ndwara ushobora kuyirinda cyane cyane wirinda ibiyitera twavuze haruguru.Gusa birashoboka ko waba waramaze kurwara iyi ndwara,gukira bikaba byaranze.Ubu habonetse imiti myimerere ikozwe mu bimera kandi ikaba yizewe ku rwego mpuzamahanga kuko ibifitiye ibyemezo mpuzamahanga (twavuga nka :FDA:Food and Drug Administration,n’ibindi).

    Iyo miti rero ikaba iringaniza umuvuduko w’amaraso ndetse ikarinda n’umutima kuba wakora nabi.Muri iyo miti twavugamo nka:#chlorophill Plus qurrane #dyna tonic #yeeginko capsule, #yegaric, #sprulina table, Nta ngaruka igira kuko ikoze mu bimera.

    Uramutse ukeneye iyi products wagana Aho
    Dukorera mu Mujyi wa KIGALI nyarugenge mugacyinjiro werekeza nyamirambo cyangwa iremera gisments hafi yo kwarando

    Mwaduhamagara kuri +250789502321 (WHATSAPP)

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa